Umufasha w’Umukuru w’igihugu cy’u Burundi Madamu Angélique Ndayishimiye yasabye Abarundikazi kumva ko bashoboye kandi bagomba gushyira imbaraga mu kwiga ikoranabuhanga. Imibare itangazwa n’Ikigo cy’ib...
Ubwo Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge yagezaga ku banyamakuru ubushakashatsi bakoze ku gipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda, Umunyamabanga nshingwabikorwa wayo Fidel Ndayisaba yash...
Ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo y’igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge bwagaragaje ko ubwiyunge mu Banyarwanda bwageze kuri 94.7% mu mwaka wa 2020, buvuye kuri 92.5% mu 2015. Ni intambwe...
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku isi n’ibiyituye, abanyeshuri biga ibinyabuzima cyane cyane ibimera bo muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatatu basuye Pariki ya Nyungwe...
Ku wa Mbere tariki 20, Mata, 2021 nibwo muri Tchad, Afurika n’isi muri rusange abantu batangajwe kandi bababazwa n’urupfu rwa Idriss Deby Itno wari umaze imyaka 30 ayobora Tchad. Itariki yatangajweho ...
Abahanzi Riderman na Platini bakunzwe mu Rwanda, basinyanye amasezerano n’ikigo gicuruza amashusho ya televiziyo, Canal +, bakazakibera ba ambasaderi mu rugendo rwo gusakaza ibyo gikora muri iki gihug...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko urukingo rwa RTS,S rurimo kwifashishwa mu gukingira malaria mu bana, rumaze guhabwa abasaga 650.000 mu bihugu bya Malawi, Ghana na K...
Ni Stade abafana b’ikipe ya Sunrise bise Gorogota, bashaka kuvuga ko bayibambiraho( gutsinda) amakipe bakinnye nayo. Ubu ifite igisenge, mu mwanya y’icyubahiro, kugira ngo abafana b’imena batazajya bi...
Umwe mu bakozi bo mu Biro by’Umukuru w’igihugu cya USA yabwiye The Bloomberg ko Perezida Joe Biden ateganya gutangaza k’umugaragaro ko igihugu cye cyemeje ko ubwicanyi bwakorewe Abanya Arménie(hagati ...
Ubwo abakozi 20 b’Umuryango w’Abibumbye bacaga ahitwa Longiro muri Sudani y’epfo bagategwa igico n’abarwanyi, ingabo z’u Rwanda ziyobowe na Major Aimé Uwimana zabatabaye zirabarokora. Bari bari ...









