Ni amafaranga agenewe impunzi z’Abarundi zifite imibereho mibi kurusha izindi ziba mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe Mu Burasirazuba. Inkunga bahawe iri mu rwego rwo gufasha impunzi bigaraga...
Abakorera uruganda rusoroma rukanatunganya icyayi ruri mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu ruzwi nka Pfunda bahagaritse by’agateganyo akazi basanzwe bakora muri uru ruganda. Umwe mu baturiy...
Abigeze kuba mu cyaro bazi amoko y’inyoni zo mu Rwanda atandukanye. Izizwi cyane ni inuma, ifundi, intashya, umununi, sakabaka, icyiyoni, serukobokobo n’izindi. Ariko se ku isi hari inyoni zingahe? Ub...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera amahugurwa yagenewe abarinzi b’igihango, agamije kubongerera ubumenyi mu kuyobora ibiganiro kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda. Yatangijwe na Madamu Séraphine Mukantabana ...
Komisiyo yashyizweho na Perezida Samia Suluhu ngo ikore isesengura ku cyorezo cya COVID-19, kuri uyu wa Mbere yamugejejeho raporo ndetse imugaragariza bimwe mu bikwiye gushyirwamo imbaraga mu guhangan...
Kuva mu minsi mike ishize, ibisasu birimo gucicikana mu kirere cya Israel na Palestine, ariko ku ruhande rwa Israel, bike cyane nibyo bishobora kugera ku butaka. Ibyo ni ukubera imbaraga za gisirikare...
Mu ijoro ryacyeye Perezida Kagame yahaye ikiganiro abanyamakuru ba Televiziyo mpuzamahanga y’u Bufaransa France 24. Taarifa yagishyize mu Kinyarwanda mu nyungu z’abasomyi bayo: Ikiganiro...
Uyu muhanzi w’imyaka 27 y’amavuko mu mpera z’Icyumweru gishize yambikanye impeta n’umukunzi we witwa Gomez ufite imyaka 25 y’amavuko. Bibwiraga ko babukoze mu ibanga ariko ikinyamakuru People cyabimen...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, nyuma y‘inama yahuje abakuru b’ibihugu batandukanye baganira ku gutera inkunga leta ya Sudan. Iyi nama kuri Sudan...









