Jean Marie Vianney Gatabazi uyobora Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangiye uruzinduko mu Ntara y’i Burengerazuba. Rugamije gusuzuma ubukana ibiza birimo n’imvura imaze igihe byagize ku bikorwa r...
Si nka mbere ubwo bacaga muri Libya ahubwo ubu bahinduye umuvuno, kuko bari guca muri Maroc bagana muri Espagne. Mbere bacaga muri Libya bakambuka bagana mu Butaliyani. Mu bimukira 8000 bageze ku mwar...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yemeje ko azagirira uruzinduko mu Rwanda mpera z’uku kwezi, rugamije gushimangira umubano mushya ukomeje kugaragara hagati y’ibihugu byombi. Mu kiganiro n’abanya...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umunsi wa siporo rusange umaze kumenyerwa nka Car Free Day ugiye kugaruka, buri wese akazajya ayikora ku giti cye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda C...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gicumbi yafatiye abantu 14 mu Murenge wa Rwamiko uri mu kato kubera ubwandu bwa COVID-19, barahinduye ingo zabo utubari abandi bakagurishiriza inzoga mu mashyamb...
Ingabo za Israel zimaze imyaka 25 zihiga umugabo witwa Mohammed Deif. Niwe uyobora ishami rya gisirikare rya Hamas. Mu bitero imaze iminsi igaba muri Gaza bigize ikiswe Operation Guardian of The Walls...
Ubwo umunyamakuru yabazaga Perezida Felix Tshisekedi niba atemera ko ibyo ingabo za Tchad zakoze ubwo zafataga ubutegetsi ari Coup d’état ya gisirikare, undi yamusubije ko ibyo zakoze ari ukurinda ubu...
Ikigo gicuruza amashusho kitwa Canal + cyafunguye iduka ricuruza ibyuma by’ikoranabuhanga ku Gisimenti mu Mujyi wa Kigali mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo. Bimwe muri ibyo bikoresho ...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 18, Gicurasi, 2021 Perezida Kagame yaraye ahuye na benshi mu bari bagize Komisiyo yanditse ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari bari m...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Édouard Bamporiki, yahakanye ibyamuvuzweho ko yambuye umukozi muri ‘hotel ye’ , avuga ko we adacuruza. Kuri uyu wa M...









