Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwageneye Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, MINEDUC, mudasobwa 150, zo gufasha abarimu guha ubumenyi bugezweho abo bigisha. Uyu muhango wabaye kuri iki Cyumweru ub...
Hari imishinga Minisitri ya Siporo ivuga ko itazashyira mu bikorwa kuko hari amafaranga angana na Miliyari 9 Frw yari ateganyijwe mu ngengo yayo y’imari yayo itazahabwa. Ibi ni ingaruka z’...
Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho. Bayise mucormycosis. Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, yatangaje ko ugiye gutanga miliyari €1, izakoreshwa mu kubaka ibigo bikora inkingo za COVID-19 mu bihugu bitandukanye ...
Abaturage bagera ku 8000 baturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahungiye mu Rwanda kubera ubwoba bw’ingaruka z’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Kugeza ubu cyacogoye, barimo gusubira iwabo....
Siporo rusange imaze kumenyerwa nka Car Free Day yongeye kuba mu Mujyi wa Kigali nyuma y’amezi asaga atatu ihagaritswe, ikorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19. Iyi gahunda yaherukaga muri ...
Urubyiruko rushamikiye k’ Umuryango FPR-Inkotanyi bafatanyije n”Abamotari bo muri uyu Muryango bakorera mu Karere ka Gasabo baraye bahaye inka abakecuru babiri batishoboye n’umupfaka...
Hari abaturage bo muri Repubulika ya Demukakarasi ya Congo baraye bahungiye mu Rwanda banga gutwikwa n’amahindure y’ikirunga Nyiragongo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu nibwo amakuru ...
Abaturage baba mu mirenge ya Cyanzarwe na Mudende mu Karere ka Rubavu bavuga ko guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hari ikirunga kiri kuruka. Bamwe bari babwiye RBA ko ari Nyiragongo ari...
Joseph Habyarimana utuye mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi wamenyekanye muri 2016 mu Nama y’igihugu y’Umushyirano ubwo yasetsaga u Rwanda rwose binyuze mu ijambo yagejeje ku bari bawitab...









