Ikigo gishinzwe kurengera ibidukikije muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ICCN, cyatangaje ko cyataye muri yombi umugabo witwa Jackson Muhukambuto, wayoboraga umutwe w’inyeshyamba ushinjwa kwica a...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko ubukangurambaga bwakoze mu myaka ishize byatumye abaturage bumva ko kubyara ukuzuza isi bitagifite agaciro bitewe n’ibihe abantu barimo. Umuyobozi w’Akarere k...
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi Bwana Ndikuriyo Révérien yasuye Tanzania agamije kuganira n’ubuyobozi bw’ishyaka riyobora Tanzania ryitwa Chama Cha Mapenduzi. Bahuriye ku ...
Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, rwatangaje ko rukomeje gukurikirana uburyo Protais Mpiranya wahoze akuriye abasirikare barindaga Perezida Habyarimana, yaba yifashisha ibiko...
Abari banyotewe no gukinira Golf ku bibuga kigezweho mu Mujyi wa Kigali bashobora gutegereza kurusha uko byari byitezwe, nyuma y’uko cyangijwe n’imiti yatewemo, ubwatsi bwari butoshye bukuma. Iki kibu...
Polisi y’u Rwanda yaraye iburiye abacuruza ibikoresho byakoze(occasion) basabwe kujya bashishoza kuko hari ubwo bagura bakanagurisha ibikoresho byakozwe kandi ari ibyibano. Hari mu kiganiro nyunguran...
Rurangirwa Louis wamenyekanye nk’umusifuzi mpuzamahanga na Nizeyimana Olivier uyobora Mukura Victory Sports bemejwe mu buryo ntakuka, nk’abakandida ku mwanya wa Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Am...
Abakobwa biga mu kigo cy’abakobwa kiri ahitwa Maranyundo mu Karere ka Bugesera bamenye ko bagenzi babo ( ibyo bita ikigare), n’imbugankoranyambaga ari bimwe mu bibashora mu byaha birimo gukoresha ibiy...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Rusesabagina Paul akomeje guhabwa ibiribwa, amazi n’imiti, bitandukanye n’ibivugwa n’umuryango we ko afashwe nabi muri gereza ya Nyarugenge. Urweg...









