Kuri uyu wa Kane Tariki 17, Kamena ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igihano cyo gufungwa burundu nyuma y’igihe uyu mugabo aburanishwa n’Urukiko rukuru aregwa ibyaha bifitanye isano no gushin...
Ibuye ry’agaciro kenshi ryitwa Diyama rifite uburemere bwa carat 1,098 ryavumbuwe muri Botswana. Carat imwe ingana na miligarama 200. Kuba iri buye rifite buriya buremere biriha agaciro kenshi kuko ub...
Umunyamakuru wa CNN witwa Kaitlan Collins yaraye abajije Perezida Joe Biden icyo ashingira ho yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin ashobora kuzahindura politiki ze kuri USA. Byabaye nk’ibira...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin, yibukije abaturarwanda ko kuba umuntu yarakingiwe COVID-19 bidasobanuye ko adashobora kuyandura cyangwa ngo yanduze abandi, cyane k...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 16, Kamena, 2021 Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Bwana Peter Vrooman yafunguye ishuri ryigisha gutwara igare rya Adrien Niyonshuti yise The Adrien Niyonshuti Cycling Academy. ...
Jean Claude Gaga ushinzwe ubucuruzi muri Banki ya Equity yavuze ko kuba bararebye kure bagakoresha ikoranabuhanga mbere, byatumye COVID-19 itabagiraho ingaruka kuko ngo abantu bakomeje kubona serivise...
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rukuru guhamya Nsabimana Callixte Sankara ibyaha by’iterabwoba no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, rukamukatira gufungwa imyaka 25 mu gihe igihano gikuru cyagombaga...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abagenzi bose binjiye mu Rwanda bavuye mu Buhinde na Uganda cyangwa bagiyeyo mu minsi irindwi ishize, bagomba kujya mu kato k’iminsi irindwi, mu gukumira ko bakwinjir...
Kugeza ubu muri Pariki y’Akagera harabarurwa intare 36 mu myaka itandatu. Uyu ni umubare munini iyo urebye ukuntu bigora ko ibibwana by’intare bikura kubera ko byicwa n’impyisi cyangwa izindi ntare z’...









