U Bushinwa bukomeje gukora amateka mu buryo bwo guhangana n’icyorezo cya COVID-19, aho bwarengeje miliyari 1 y’abaturage bamaze guhabwa urukingo. Komisiyo y’igihugu ishizwe ubuzima (NHC) kuri iki Cyum...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo yitabiriye inama yahuje Abakuru b’ibihugu by’Afurika y’i Burengerazuba bifatanya mu iterambere( CEDEAO) yabereye Ac...
Kuri uyu munsi wahariwe ababyeyi b’abagabo, Ange Ingabire Kagame yashimiye umugabo we Bertrand Ndengeyingoma ko ari umubyeyi mwiza wita ku mfura yabo no ku muryango we wose. Ni ubutumwa yacishije ku r...
Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Kayisire Marie Solange, yatangaje ko kuva mu mwaka ushize impunzi 27.000 z’Abarundi zimaze gutahuka, ndetse hakomeje ibiganiro bigamije gushaka igisubizo kir...
N’ubwo ‘akabura ntikaboneke ari Nyina w’umuntu’, Se w’umuntu nawe ni ntagereranywa mu guha abana be indangagaciro zizabaherekeza ubuzima bwose. Kuri uyu wa 20, Kamena, ubwo Isi izirikana akamaro ka S...
Imiryango nka Kepler na GiveDirectly ikorera mu Rwanda, iri ku rutonde rw’indi 286 yatoranyijwe n’umuherwe MacKenzie Scott, ngo ihabwe ku nkunga ya miliyari $2.73 yemeye gutanga mu bikorwa by’ubugiran...
Ni inyamaswa idasanzwe haba mu miterere y’umubiri wayo no mu miterere y’ubudahangarwa bwawo. Uretse kuba ari inyoni iguruka, agacurama gafite isura y’imbwa. Iyi nyamaswa ivanze gusa n’imbwa kandi ik...
Ku wa Gatanu tariki 18, Kamena, 2021 Minisitiri w’Intebe wa Israel Naftali Bennett na Minisitiri w’ubuzima bemeje ko hari inkingo bagomba guha Palestine ngo ikingire abaturage bayo. Bidatinze Palestin...
Abatuye ibice bimwe na bimwe by’Umujyi wa Kigali bazindutse basanga hari imihanda ifunzwe. Umunyamakuru wa Taarifa yasanze zimwe mu modoka zitwara abagenzi zabuze aho zinyura ndetse n’izari zafashe in...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, mu minsi ibiri imaze gufata ibilo 550 by’ifumbire Leta igenera abahinzi muri gahunda ya Nkunganire, yari igiye ku...









