Perezida Emmanuel Macron avuga ko muri iki gihe mu gihugu cye hari abantu benshi barangije kumva ko batandukanye n’abandi, ko ari bo bantu nyabo. Ibi, kuri we, birahangayikishije. Ni mu kiganiro yahay...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ni umwe mu bashyitsi b’u Burundi mu birori by’Umunsi w’Ubwigenge, nyuma y’igihe ibihugu byombi bitabanye neza. U Burundi burizihiriza umunsi w’ubwigenge i...
Polisi y’u Rwanda yavuze ko itazihanganira abantu bakomeje kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, mu gihe ubwandu bushya buri kwiyongera mu gihugu. Yatangaje ko hashingiwe ku byemezo Guverinoma ya...
Umuhanga mu mateka y’u Rwanda Prof Déo Byanafashe avuga ko kugira ngo umuntu amenye icyo Abakoloni bahaye Abanyarwanda, agomba kubanza kureba uko icyiswe ubwigenge cyatanzwe, uwagisabye n’uwagihawe. ...
Nugenzura uzasanga abantu benshi bazindukira mu kazi ariko bagataha umusaruro muke. Ibi biterwa n’impamvu zirimo gukorera ku jisho, kuba ‘bambone’, kudahembwa neza no kudakunda umukoresha. Ikintu cy’i...
Umuryango w’ibihugu by’i Burayi waraye usinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano yo gufasha u Rwanda mu rugendo rwo kubaka uruganda rukora inkingo. Nicola Bellomo uhagarariye uriya muryango w’Aba...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafunze Umugabo witwa NSENGIYUMVA FRANCOIS w’imyaka 44 uzwi nka GISUPUSUPU akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13 n’icyaha cyo GUKORESHA UMWANA IMIRIMO...
Abantu basaga 800 bo mu Mujyi wa Kampala muri Uganda bimaze kumenyekana ko kuva mu kwezi gushize batewe inkingo ziswe iza COVID-19 kandi ari magendu, none bamwe bamaze kwitaba Imana. Muri iki gihe Uga...








