Toni zirenga 109 z’amafi yo mu kiyaga cya Muhazi zapfuye. Ni ikibazo cyateye abarobyi kwibaza icyabiteye. Bivugwa ko kugira ngo ariya mafi apfe byatewe n’uko amazi yo mu kitwa kereremba cyibirunduye ...
Umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo uvuga ko abantu 22 bahamijwe ibyaha birimo kwiba Banki y’Abanya Kenya ikorera mu Rwanda yitwa Equity bagomba gufungwa imyaka umunani buri wese kandi bagafatan...
Kubera ko ingamba zo kwirinda icyorezo COVID-19 muri iki gihe zisaba abacuruzi n’abandi gufunga serivisi saa kumi n’imwe z’umugoroba, abacuruzi by’umwihariko bagomba kuba maso kuko hari abiyitirira Po...
*Umuyobozi w’ibitaro yahinduwe, *Umwe Mu Barwaza Barwaje Abarwayi Ba COVID-19 Mu Bitaro Bya Kibagabaga Nawe Yayanduye, *Hari umurwayi wari urwajwe n’utanduye wajyanywe i Kanyinya… Kare kare mu gitondo...
Polisi ya Uganda yatangaje ko yafashe imbunda ebyiri zakoreshejwe mu kurasa General Katumba Wamala, mu gitero cyahitanye umukobwa we Nantongo Brenda n’umushoferi Kayondo Haruna ku wa 1 Kamena 2021. Ku...
Ikigega mpuzamahanga gitera inkunga imishinga igamije guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, Global Green Fund, cyahaye u Rwanda miliyoni $33,7, zizashorwa mu mushinga w’imyaka itandatu wo kuvugurura i...
Mu Bitaro bya Kibagabaga biri mu Murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo hari abarwayi ba COVID-19 babana n’abarwaza babo kandi bitemewe. Umwe muri bo avuga ko amaze hafi Icyumweru mu cyumba aba...
Ubwandu bushya bwa COVID-19 bwatumbagiye mu Rwanda, nyamara si ikibazo cyarwo gusa gusa ahubwo Afurika yose iragisangiye. Bwa mbere mu Rwanda kuri uyu wa Kane yishe abantu 10 mu munsi umwe, nyuma y’im...
Mu ibaruwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yoherereje mugenzi we w’u Burundi akayishikirizwa na Minisitiri w’Intebe, yanditse mo ko ateganya kuzahura nawe. Ibaruwa Perezida Kagame yoherereje Ndayis...
Ikigega mpuzamahanga cy’Imari,( International Monetary Fund) kigira inama Abakuru b’Ibihugu by’Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara y’uko bagomba ‘kongera’ guha umwanya uhagije abikorera ...








