Papa Francis w’imyaka 84 y’amavuko kuri iki Cyumweru yabazwe urura runini. Byatangajwe n’umuvugizi wa Leta ya Vatican witwa Matteo Bruni. Umushumba wa Kiliziya Gatulika yabagiwe mu bitaro bikomeye bi...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yageneye ubutumwa Abanyarwanda abifuriza kugira umunsi mwiza wo kwibohora, abibutsa ko batagomba gutezuka ku iterambere ...
Nyuma yo gukubitwa inshuro n’Abatalibani cyane cyane mu Majyaruguru ya Afghanistan, ingabo z’iki gihugu ziri kwisuganya ngo zirebe ko zakwirukana bariya barwanyi bamaze iminsi bazicanaho umuriro. Inta...
Kalev Mutond wahoze ayobora Urwego rw’Ubutasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo akomeje kuburirwa irengero. Hari amakuru avuga ko yaba yarahunze igihugu muri Werurwe, 2021. Uyu mugabo wari ukomey...
Umurenge wa Murambi ni umwe mu mirenge y’Akarere ka Karongi. Ubwo abawutuye bizihizaga imyaka 27 Abanyarwanda bibohoye, batashye ishuri rigeretse rimwe(etage imwe) ryubatswe mu Kagari ka Muhororo, Umu...
Abakora mu rwego rw’ubuzima muri Koreya y’Epfo batangaje ko bari mu biganiro n’ibigo byo muri Amerika n’u Burayi kugira ngo bayifashe gushinga uruganda rukora inkingo za COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfize...
Hasigaye imyaka itanu ngo Leta zunze ubumwe z’Amerika zizihize imyaka 250 zimaze zigenga. Hazaba ari tariki 04, Nyakanga, 2026. Ambasaderi wazo mu Rwanda Peter Vrooman yaraye atangaje ko Amerika yifat...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ku wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga, 2021, Coaster yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya irimo abagenzi batanu bavuye kuri Stade ya Kigali i Nyamiram...
Hari ibihugu by’Afurika byigiranye amasezerano n’ibigo byo mu Burayi n’Amerika bitanga serivisi z’umutekano ngo bize kuwurindira muri Afurika. Aba bacanshuro bica abaturage ba biriya bihugu bashinjwa ...
Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Mali, Amb. Abdoulaye Diop, wamushyikirije ubutumwa bwa Colonel Assimi Goïta, Perezida w’inzibacyuho wa Mali. Muri Gicurasi nibwo Goïta...









