Ubwo abacamanza bari kuburanisha abagabo bafashwe n’inzego z’umutekano za Uganda bari bagiye mu kiruhuko, aba bagabo beretse itangazamakuru ibikoreme bavuga ko batewe n’abasirikare aho bafungiwe. Bavu...
Umugabo wari wariyise General akaba yayoboraga Umutwe w’inyeshyamba wa Maï-Maï yatawe muri yombi na Polisi ya Repubilka ya Demukarasi ya Congo. Yitwa Kambale Kabamba akaba yari asanzwe ayobora Maï-...
Umuyobozi wa Polisi ya Haïti yatangaje ko abantu bane bafashwe bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Perezida wa kiriya gihugu barashwe nyuma yo gushaka gucika. Perezida Jovenel Moïse yishwe mu ijoro ryo kur...
Ku Kabiri tariki ya 06 Nyakanga, 2021 abagore babiri bafite hagati y’imyaka 21 na 24 bafatiwe mu Murenge wa Huye Akarere ka Huye nyuma y’igihe bahisha inzego z’umutekano nyuma yo gusindisha umugabo ba...
Mu Kagari ka Nyabikenke Umurenge wa Bumbogo Akarere ka Gasabo hari umugabo bivugwa ko yari asanzwe afite abana b’abakobwa babiri yasambanyaga akanashaka abagabo bo kubasambanya bakamwishyura. Um...
Icyo Taarifa yamenye ni uko hari ahantu henshi mu mujyi wa Kigali bari basanzwe bapima COVID-19 abaturage bagiye kwipimisha basanga nta bikoresho byo kubapima bihari. Hari umuturage umwe wahuye n̵...
Saa cyenda n’igice ku isaha y’i Kigali Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Nyakanga, 2021 nibwo Isaac Herzog yarahiriye kuyobora Israel nka Perezida wayo. Ni Perezida wa 11 wa Israel, usimbuye R...
Jovenel Moïse wayoboraga Haïti yiciwe iwe n’abantu kugeza ubu butaramenyakana ariko amakuru avuga ko baje bavuga Igisipanyolo. Amakuru avuga iby’iyicwa rye yatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe. ...
Mu rwego rwo gukomeza kunganirana mu kwirinda icyorezo cya COVID-19 hagati y’u Rwanda na Koreya y’Epfo, iki gihugu cyahaye u Rwanda ibikoresho byo kwirinda kiriya cyorezo bifite agaciro ka Miliyoni 8F...
Abakozi b’Ishami ry’ubutasi imbere muri Israel ryitwa Shin Bet bambitse Perezida wa kiriya gihugu Reuven Rivlin ubwanwa burebure bufashe ku matama n’umusatsi w’umukorano, bamuha n’ikoti kugira ngo ate...









