Polisi y’u Rwanda yafashe umugabo w’imyaka 48, wafatanwe ibilo 60 by’urumogi, udupfunyika twarwo 50, amacupa 652 y’amavuta yo kwisiga atemewe ya Mukorogo, amacupa 90 y’amavuta yo mu ...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga u Rwanda ruzakomeza gufata abazana ibiyobyabwenge n’ibindi byangiza ubuzima bw’Abanyarwanda. Avuga ko nta kindi Polis...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko abantu hafi 180 barembejwe na COVID-19 ku buryo barimo kongererwa umwuka, asaba abaturarwanda kurushaho kwirinda. Ni imiba...
Mu gihe mu bihugu byinshi amabwiriza akomeje gukazwa mu gukumira ikwirakwira rya COVID-19, Guverinoma y’u Bufaransa yemereye utubyiniro kongera gufungura nyuma y’amezi hafi 16 dufunze, guhera ku wa 14...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko mu Rwanda hamaze kugera coronavirus zihinduranyije, nk’impamvu ikomeye irimo gutuma umubare w’abaremba n’abapfa urushaho kuba munini. Kuva mu ...
Hyundai Rotem yo muri Korea y’Epfo yatsindiye isoko rya miliyoni $296.5 ryo gutanga ibice bya gari ya moshi ikoresha amashanyarazi, bigenewe Tanzania Railway Corporation. Bizashyirwa mu muhanda ...
Burya intambara ubona uyinjiramo ariko ntumenya igihe n’uburyo izarangira. Ubanza iyi ariyo mpamvu umuhanga mu mateka akaba yarigeze no kuba Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amah...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugira ngo igere ku ntego zayo hagamijwe gutuma Abanyarwanda babaho neza kandi bakagira ubuzima bwiza, Umuryango nyarwanda utabara imbabare( La Croix Rouge Rwandaise) yahaye...
Nyuma y’igihe u Rwanda rwifashisha inkingo za Pfizer-BioNTech na AstraZeneca mu gukingira COVID-19, Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko rwamaze no gutumiza iza Johnson & Johnson. Izi nkingo...
Nyakubahwa Ambasaderi w’u Bushinwa Mu Rwanda Rao Hongwei yahaye Taarifa ikiganiro ku mubano wa kiriya gihugu n’u Rwanda muri iki gihe U Rwanda rwizihiza imyaka 27 rwibohoye n’imyaka 100 u Bushinwa buy...









