Rutahizamu uri mu byamamare bikomeye kurusha ibindi ku isi, Leonel Messi yatangaje ko azemera guhembwa make ariko agume FC Barcelona. Ibinyamakuru byo muri Espagne bivuga ko Messi yemeye kuguma muri F...
Kuva Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yahagarikwa, nibwo bwa mbere mu Rwanda hashinzwe Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu. Iyi Minisiteri yemejwe mu gihe Abanyar...
Umwana w’imyaka 11y’amavuko ukomoka mu Bubiligi witwa Laurent Simons aherutse guhabwa impamyabumenyi ya Kaminuza mu bugenge. Avuga ko intego ye ari ukuzakora ikoranabuhanga ryo kubuza abantu gusaza no...
Inama y’abaminitiri yemeje ishyirwaho rya minisiteri nshya, yiswe Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu. Ni minisiteri yemejwe mu gihe Abanyarwanda bakomeje gutera intambwe mu...
Kubera ubwiyongere budasanzwe bwa COVID-19 mu Mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, inama y’abaminisitiri yafashe icyemezo ...
Kigali Arena yongereye igihe ubukangurambaga yise ‘Wed at the Arena’, bugamije guhitamo abanyamahirwe bazakorera ubukwe muri iyi nyubako y’imikino n’imyidagaduro, ishobora kwakira abantu 10,000. Ni ub...
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye n’Ikigega cy’Iterambere cya Abu Dhabi amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni $15 – ni hafi miliyari 15 Frw – azakoreshwa mu gusana umuhanda Rambura – Nyange. ...
Polisi yatangaje ko nyuma yo gufatira mu Karere ka Musanze abantu 24 barenze ku mabwiriza bakajya mu birori byo gutegura umukobwa wenda gushyingirwa, bategetswe kwipimisha COVID-19 habonekamo batatu b...
Ibitaro bizwi nka Baho International Hospital byo mu Mujyi wa Kigali byasabye imbabazi ku mitangire mibi ya serivisi imaze igihe ibivugwamo, yamaganywe cyane kuva mu minsi ishize binyuze ku mbuga nkor...
Minisitiri w’Ibikorwa remezo Gatete Claver yavuze ko mu kugerageza gukemura ibibazo by’Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, kigiye kubyazwamo ibigo bibiri, igikora imishinga y’amazi n’igikor...









