Minisiteri y’Ingabo ya Afurika y’Epfo yahamagaje abasirikare bose bari mu kiruhuko, mu gihe Leta ikomeje kwifashisha igisirikare mu guhangana n’abaturage bigaragambya. Ni ibikorwa bimaze kwivangamo ub...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko hari abantu bakeya bakingiwe COVID-19 ariko bayandura bakaremba ndetse bagapfa, bitewe n’indwara zikomeye bari basanganywe. Yabigarutseho kuri uyu w...
Abantu biringiraga resitora gusa ngo babashe gukora ku munwa, mu minsi ibiri isigaye bagomba kwiyegereza ishyiga rya gaz, amashanyarazi cyangwa imbabura, kugira ngo bazabyifashishe muri guma mu rugo k...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imiryango yabaruwe ko izakenera ibiribwa muri guma mu rugo igera ku bihumbi hafi 211, bikazatangwa hagendewe ku mubare w’abagize umuryango. Kuri uyu wa ...
Umuholandi witwa Peter R. de Vries wakoraga inkuru zicumbuye yahitanywe n’amasasu yari aherutse kuraswa n’abantu bagishakishwa na Polisi. Yakoraga inkuru zicukumbuye ku bikorwa by’urugomo byakorwaga n...
Inteko Rusange y’Abadepite yemeje ko Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel azayigaragariza ingamba zijyanye n’ikoreshwa ry’itabi mu gihugu, by’umwihariko uburyo bwo kumenya ibipimo bigize itab...
Kuva yemezwa ko ari we uzahagararira u Bufaransa mu Rwanda, Bwana Antoine Anfré nibwo bwa mbere yahuye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta. Yamugejejeho impapuro zimwemer...
George W. Bush wigeze kuyobora Amerika mu bihe byakurikiye ibitero byo ku tariki 11, Nzeri, 2001 yaraye ahaye ikiganiro Deutsche Welle avuga ko kuba Joe Biden yarategetse ko ingabo z’Amerika ziva mur...
Peacemaker Mbungiramihingo wahoze uyobora Inama nkuru y’itangazamakuru, Media High Council, yashimye Perezida Kagame waraye umwibutse amuha inshingano muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu aho ashin...
Mu ijambo yagejeje ku batuye KwaZulu Natal Umwami w’Abazulu witwa Misuzulu kaZwelithini yasabye abatuye buriya bwami koroherana, bagahagarika imidugararo imaze iminsi ica ibintu mu mijyi itandukanye h...









