Amakuru Taarifa yamenye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20, Nyakanga, 2021 aremeza ko Sam Kalisa wari Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi muri Nyagat...
Banki Nkuru y’u Rwanda nk’urwego rugenzura amabanki mu gihugu, yemeje ko KCB Group yo muri Kenya igura imigabane Atlas Mara Ltd yari ifite muri Banki y’Abaturage y’u Rwanda (BPR Plc.), nk’uko ibigo by...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Benon Rukundo uyobora ibiro bihurizwamo serivisi z’ubutaka (One Stop Center) mu Mujyi wa Kigali, akurikiranyweho kudasobanura inkomoko y’umutungo we no...
Perezida wa Turikiya Tayyip Erdogan yabwiye abanyamakuru ko Abatalibani bagombye guhagarika intambara bari kugaba ku butegetsi bw’i Kabul kuko Turikiya izabivuna nibaramuka begereye ikibuga cy’indege ...
Umwe muri ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko batanga amahugurwa binyuze kuri murandasi witwa Jean D’Amour Mutoni avuga ko abo we na bagenzi bahugura bakoresheje murandasi bahura n’ikibazo cya murandasi i...
Polisi y’u Rwanda imaze iminsi itabazwa ngo irokore abantu barohamye mu kiyaga cya Kivu barimo n’umusaza kugeza ubu utabonerwa irengero. Impanuka ya mbere yabaye kuwa Gatandatu tariki 17, Nyakanga, 20...
Polisi y’u Rwanda – ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi – yarohoye abantu barindwi bari bavuye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro bagiye mu isoko rya Nyamyumba mu Karere ka Rubavu...
Ku rubuga rw’ikipe y’umupira w’Amaguru ya APR FC hari itangazo rivuga ko Claver Kazungu wari usanzwe ari umuvugizi w’iyi kipe yambuwe inshingano. Umuntu wese ushaka kumenya amakuru y’iriya kipe azajya...
General Siphiwe Nyanda niwe wemeza ibi. Abishingira ku makosa ya Politiki iri shyaka riyobora Afurika y’Epfo ryakoze mu mateka atari aya kera, ritigeze rikuramo isomo n’ubu akaba arigejeje ahabi. Ikos...
Mu mugudugu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi haravugwa umukuru w’umudugudu washyizeho bariyeri irinzwe n’abasore bafite inkoni bakumira abaturage ngo ntibajye kuvoma kuko ari ‘...









