Kuri uyu wa Kane taliki 03, Ukuboza, 2020 nibwo Urukiko ruburanisha imanza mpuzamahanga n’izambukiranya imipaka rwemeje ishingiro ry’ikifuzo cy’ubushinjacyaha cy’uko imanza za Paul Rusesabagina, Calli...
Abategetsi b’i Mogadishu bavuga ko bafite amakuru y’uko ubutegetsi bw’i Nairobi butiza umurindi ibikorwa by’iterabwoba bya Al Shabab bihitana abantu benshi mu bice bya Somalia. Somalia ivuga ko ibyo K...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi binyuze muri Komisiyo yaryo ishinzwe gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge ryakuye urumogi ku rutonde rw’ibiyobyabwenge bikomeye. Itsinda ry’abah...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’inzego z’ibanze(Local Administrative Entities Development Agency, LODA) gitangaza ko guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 04 kugeza ku Cyumweru taliki 06, Ukuboza,...
Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga(USAID) cyatanze miliyoni $1.5 ( ni ukuvuga miliyari 1.5 Frw) yo gufasha abafite ubumuga kwihangira akazi. Ni mu rwego rwo kubafasha kwivana mu...
Mu Ugushyingo Polisi y’u Rwanda yatashye ibigo bitatu bishya bizafasha mu gusuzuma ibinyabiziga kugira ngo bikomeze akazi kabyo bitekanye. Kuri uyu wa Gatatu Polisi y’u Rwanda yasabye ababifite gutang...
Nyuma yo kwakira indahiro y’Umuvunyi Mukuru Madamu Madeleine Nirere, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeye kwibutsa abari aho ko akarengane na ruswa bidindiza iterambere kandi bigapyinagaza umutu...
Mu kiganiro kirambuye Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye agejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, yavuze ko kimwe mu bintu Leta igiye guha mwarimu harimo kongera 10% ku mu...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe isuku n’isukura Bwana Aimé Muzola avuga ko ikigo ayoboye cyatangije uburyo bwo gushyira amazi abaturage batuye mu duce dukunze kuyabura. Avuga ko ubu ari...
Nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri itangarije ko Abanyarwanda bemerewe gukorera imyitozo ngororamubiri mu byumba byabugenewe bita Gym, Minisiteri ya Siporo yasohoye amabwiriza agomba kuzakurikizwa. Ibw...









