Mu kiganiro abategura amarushanwa yo kuba Miss Rwanda bahaye abanyamakuru batangaje ko imyaka yo kwiyamamariza kuba Miss Rwanda yongereweho indi myaka ine. Ababishaka bagombaga kuba batarengeje imyaka...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 11, Ugushyingo, 2020 mu murenge wa Huye mu Karere ka Huye habereye impanuka y’imbangukiragutabara bivugwa ko yashakaga guca ku ikamyo ariko ikayigonga. Amazina...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 11, Ukuboza, 2020 nibwo mu Rukiko risumbuye rwa Gasabo hari kubera urubanza ruregwamo Alfred Nkubiri ukurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye no kunyerezwa kw’ifumbire ya...
Mu mudugudu wa Kavumu, Akagari ka Rusenge, Umurenge wa Rusenge muri Nyaruguru umuturage witwa Ntirikina Eugene yabyutse asanga abantu bataramenyekana bamuranduriye ibishyimbo. Umugore we witwa Immacul...
Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda witwa Andy Bumuntu yaraye akoze igitaramo cy’imbonankubone(Live) cyari kigamije gususurutsa abitabiriye umuhango wo gufungura Ijuru restaurant ya ONOMO Hotel. Iyi H...
Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Muhanga, Kayiranga Innocent bawiye avuga ko abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe ku wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 batabawe bavanwam...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe inkingo no kuziha abaturage muri OMS Dr Richard Mihigo avuga ko Afurika ikeneye byibura miliyari $9 zo kuyifasha guha abaturage bayo inking za COVID-19. Kugeza ubu hari in...
Teddy Riley ni umuhanzi wo muri USA.Yavutse taliki 8, Ukwakira, 2020. Yandika indirimbo, akaziririmba akanatunganya amajwi muri studio. Mu masaha y’igicamunsi ari buhe ikiganiro abanyamakuru. Riley ar...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intuma ya Leta Johnston Busingye yavuze ko COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho. Kugeza ubu imaze guhitana abaturage 51. Yabivugiye mu ijamb...
Kugeza ubu abacuruzi barangije kwiyandikisha ko bazamurika ibyo bakora ni 373. I bikora bikanacuruza ibinyobwa bisambuye ari byo BRALIRWA na Skol ntibizitabira. Imurikagurisha mpuzamahanga zizatangira...









