Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda Major General Albert Murasira yasabye abandi bafata ibyemezo bya Politiki mu by’umutekano gukorana bya hafi mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba bakarebera h...
Papa Francis yagize Cardinal Antoine Kambanda umwe mu ba cardinals bashinzwe gukurikirana uko umurimo wo kwamamaza ubutumwa bwiza ukorwa ku Isi. Ni ihuriro ryiswe Congregation for the Evangelization ...
Ingabo za Nigeria ziri kwivuga ibigwi nyuma y’uko abana 350 bari barashimuswe na Boko Haram barekuwe, zikemeza ko zabigizemo uruhare. Umuyobozi wa Boko Haram Aboubacar Shekau yari aherutse gucisha vid...
Maj(Rtd) Pierre Buyoya wari usanzwe ari Intumwa y’Afurika yunze ubumwe muri Mali akaba yarayoboye u Burundi mu bihe bitandukanye agakora na coup d’états nyine harimo n’iyahitanye Melchior Ndadaye yapf...
Ikigo cya Koreya y’Epfo gishinzwe iterambere mpuzamahanga, KOICA, cyahaye Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu inkunga ya Miliyoni $8 zo gufasha abatuye Karongi, Rutsiro, Nyamagabe, Nyaruguru na Kayonza...
Dr Ismael Buchanan wigisha Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda avuga kuba hari Abanyamerika bagitsimbaraye kuri Paul Rusesabagina bakanandikira Perezida Kagame bamubwira ko agomba kumureku...
Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko Perezida Emmanuel Macron yanduye icyorezo cya COVID-19. Ibiro bye, Champs Elysée, byatangaje ko Perezida Emmuel Macron yapimwe kiriya cyorezo nyuma y’uk...
Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura( Rwanda Media Commission, RMC) rwasohoye itangazo ritavuzweho rumwe, risaba buri wese ufite urubuga rwa YouTube Channel kuyizana bakayandika. Abatemeranywa naryo bavug...
Ni ubwa mbere mu mateka ya UNICEF igiye gufasha abana bo mu Bwongereza kubona ibiribwa. Inzara ivugwa mu bana b’Abongereza yatewe n’ingaruka za COVID-19. UNICEF yatangaje ko abana b’Abongereza bo mu m...
Ibaruwa yanditswe isinywa na Minisitiri w’ubutabera w’u Rwanda akaba n’Intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston isubiza Umudepite muri USA witwa Corlyn B, Maloney ko ubutabera bw’u Rwanda b...









