Umuyobozi w’Inama y’Igihugu ishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza, High Education Council, Dr Rose Mukankomeje avuga ko basanze ikintu cy’ingenzi kica ireme ry’uburezi ari uko abarimu batahembwa ne...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Bwana Valens Habarurema yaraye ahakanye ibivugwa na bamwe mu bakozi bo mu biro by’Akarere bamushinja kubatoteza. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru. Bamwe mu bakozi bo...
Assistant Commissioner of Police (ACP) Rose Muhisoni avuga ko kuba muri iki gihe imibare y’abahohoterwa yiyongera bidashingiye cyane k’ukuba abagore n’abakobwa bahohoterwa cyane ahubwo bishingiye k’u...
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, AMAVUBI, kuri uyu wa Gatanu Taliki 18, Ukuboza, 2020 yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans yo muri Tanzania. ...
kuri uyu wa 18 ukuboza 2020 WaterAid kubufatanye na Heineken Africa foundation batashye kumugaragaro urukarabiro rugezweho bujuje mukinderabuzima cya KINYINYA giherereye mumurenge wa KINYINYA akarere ...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 18, Ukuboza, 2020 Perezida Paul Kagame yakiriye inyandiko zemerera ba Ambasaderi bashya guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda. Ba Ambasaderi bagejeje impapuro...
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gasabo barimo Ikigo WaterAid na Heineken Africa Foundation bafatanyije n’ubuyobozi bw’Umurenge n’Akarere batashye ubukarabiro bushya bugenewe abagana Ikigo nderabuzima ...
Germain yaraye afatiwe mu murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare atwaye kuri moto ibilo 170 by’amabuye ya gasegereri Polisi ivuga ko yari ayavanye muri Uganda mu buryo bwa magendu. Yafashwe saa kum...
Umwaka wa 2020 uri mu yindi myinshi abanyamateka bazandikaho kuko wabayemo byinshi ariko cyane cyane kwibasira abantu mu byerekeye ubuzima kubera icyorezo cya COVID-19. Urebye muri Afurika usanga hari...









