Tariki 14, Ukuboza, 2020 u Bwongereza bwamenyesheje Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi ko bwatewe n’icyorezo gishya cya COVID-19. Bwavuze ko bwasanze cyandura vuba kurusha ...
Minisitiri wa Siporo n’umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa yahaye ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka 17 igikomye cya CECAFA nyuma yo gutsinda bagenzi babo ba Tanzania. Umukino wa nyuma warangiye...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, abaganga bari gusuzuma umugore utatangajwe amazina ufite indwara ifite ibimenyetso bijya gusa n’ibya Ebola ariko byihariye. Ari kwitabwaho mu bitaro by’ahitwa I...
Umuyobozi w’Umujyi wa Bambara witwa Abel Matchipata avuga ko hari abarwanyi bigaruriye umujyi asanzwe ayobora. Umujyi wa Bambari uri mu bilometero 380 uvuye mu Murwa mukuru Bangui. Ibitero bya bariya ...
Bamwe mu babyeyi barerera mu mashuri abanza mu kigo kitwa SOS kiri Kakiru muri Gasabo banenga ubuyobozi bwayo ko bubagezaho imyanzuro bataganiriyeho. Umwe muriyo ni uko bwababwiye ko bagomba kujya bi...
Muri byinshi yagarutseho mu ijambo yagejeje ku baturage, Perezida Kagame yagarutse ku myenda ibihugu by’Afurika bifitiye amahanga, ikaba yararushijeho kuba ikibazo muri ibi bihe bya COVID-19. Perezid...
Atangiza ijambo rye, Perezida Kagame yavuze ko uko Abanyarwanda bari biteze umwaka wa 2020 atari ko bawubonye kandi ngo ni ibisanzwe kuko ntawe umenya ibizaza uko bizagenda. Mu bintu yagarutseho harim...
Guhera kuri uyu wa Kabiri, Abanyarwanda bagomba kuzajya baba bari mu ngo zabo saa mbiri z’ijoro(ku batuye ahandi hatari muri Musanze). Polisi isaba abaturage kwirinda ibirori bishobora kubakururira CO...
Taarifa yagereye abaturage ibabaza icyo bumva babaza Perezida Kagame mu kiganiro ari buhe Abanyarwanda kuri uyu wa Mbere taliki 21, Ukuboza, 2020. Iki kiganiro kiratangira saa saaba zuzuye(1h00pm). Um...
Umusaza w’imyaka 70 witwa Karangwa Callixte wo mu murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare afite ibikomere mu mutwe bivugwa yatewe n’ingabo za Uganda zamutemye kuri iki Cyumweru ubwo yajyaga yo gus...









