Inteko iburanisha urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina nabo bareganwa 17 barimo n’uwiyise Sankara yanzuye ko icyumba baburaniramo ari gito bityo ko urubanza rwabo ruzaburanishirizwa i Kigali mu cyumba...
Sophany Gicondo ni murumuna wa Prof Thomas Kigabo, bombi bitabye Imana mu bihe bitandukanye. Umwe mubo Gicondo yigishije ubugenge mu mashuri yisumbuye witwa Alphonse Rutarindwa yabwiye Taarifa ko ata...
Abantu 27 baherutse gufatwa na Polisi bari mu rugo rw’umuntu wari wizihije umunsi w’ivuka rye bavuze ko batumiranye bumva ko nta kibazo kirimo kuko ari abaturanyi. Iyi myumvire ihabanye n’amabwiriza y...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi akaba asanzwe akinira Gasogi United Iradukunda Bertrand afite imvune mu kaguru k’ibumoso. Yakandagiwe na Rutanga Eric bari mu myitozo yabereye kuri Stade ya...
Sophany Gicondo wari murumuna wa nyakwigendera Prof Thomas Kigabo[uherutse gupfa azize COVID-19] nawe yitabye Imana. Kuri uyu wa Kabiri nibwo biteganyijwe ko Prof Kigabo ari bushyingurwe. Gicondo yaba...
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2016 yari amaze iminsi avuga ko akunda ibihangano by’umuhanzi Bull Dogg ariko yaje kwerura avuga ko muri iki gihe yumva akunze ibya Riderman. Umuraperi Ri...
Mu ijambo Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aherutse kubwira abayobozi bakuru mu ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD bari bateranye ngo batore Umuyobozi waryo yababwiye ko u Burundi n’u Rwanda...
Frank Lampard watozaga Chelsea yirukanywe asimbuzwa Thomas Tuchel, Lampard yari amaze amezi 18 atoza Chelsea. Yagiye kuri aka kazi muri Nyakanga, 2019. Abramovitch uyobora Chelsea niwe wafashe umwanzu...
Umuhanzi Nemeye Platini avuga ko hari ikintu icyamamare Shaddy Boo afite kimukurura. Ntiyatangaje icyo aricyo ariko avuga ko kiri ku mubiri wa Shaddy Boo. Yabitangaje nyuma y’indirimbo aherutse gutan...









