Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu kwezi kwa Mbere (Mutarama, 2021), muri Shampiyona y’igihugu y’u Bwongereza (Premier League), ryaraye rifunze. Ryari rimaze ukwezi rikorwa kuko ryatangiye tari...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda cy’indege zitwara abantu n’ibintu, RwandAir butangaza ko kuri uyu wa Gatatu tariki 03, Gashyantare, 2021, indege yacyo iri buhaguruke i Kigali igiye i Bangui muri Centra...
Bobi Wine yaraye yanditse inyandiko ayigeza ku Rukiko rw’Ikirenga atanga ingingo zerekana ko yibwe amajwi mu Matora y’Umukuru w’Igihugu aherutse yatsinzwe na Yoweri Museveni. Abanyamategeko be basabye...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yanditse ko inama ya CHOGM izabera mu Rwanda muri Kamena, 2021 izaba uburyo bwo gushyira mu bikorwa za politiki z’ibihugu by’uriya muryang...
Umuhanzi The Ben yateye imitoma umukunzi we Uwicyeza Pamella ku munsi we w’amavuko bamwe mu bakurikirana uyu muhanzi bamusaba ko yakwihutisha ibintu akambika impeta uyu mukobwa. Uwicyeza Pamella yamen...
Umuhanzi Muneza Christopher ku munsi we w’amavuko yatunguwe n’umukobwa bakundana bwa mbere yerekana ko ari mu rukundo ibintu byatunguye cyane abafana be. Christopher ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bazwi...
Kuri Stade ya Limbe muri Cameroon, niho hakiniwe umukino wasozaga indi yose ya ¼ cya CHAN 2020, aho ikipe y’igihugu ya Guinea (Syli National) yabashije kwitwara neza imbere y’Amavubi yR...
Perezida Paul KAGAME yatangaje ko COVID-19 yerekanye ko buri munyarwanda afite ubushobozi kubikorwa by’ubutwari. Abinyujije kurukutarwe rwa twitter, umukuru w’igihugu yavuze ko urugamba rwo guhashya C...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zitangaje ko zigiye kwicara zikiga ku bihano zafatira ubutegetsi bwa Uganda zibushinja ko bwibiye Museveni amajwi agatsinda Amatora y’Umukuru w’Igihugu aheruka. Yari ayaha...
Harabura amasaha make ngo Amavubi y’u Rwanda ahure n’Inzovu zo muri Guinéé bakina umukino wa ¼ bahatanira kugera muri ½ cya CHAN. Yongeye agezwaho ubutumwa yagenewe na Perezida Paul Kagame. Ubutumwa ...









