Kuri uyu wa 07 Gashyantare 2021, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’ikipe y’Igihugu Amavubi yitabiriye CHAN2020. Ni ikiganiro cyabereye mu Karere ka Bugesera aho iyi kipe icumbit...
Kumugoroba wo kuya 06 gashyantare 2021, kuri Douala Reunification Stadium muri Cameroon hakiniwe umukino wa guhatanira umwanya wa gatatu mu irushanwa rya CHAN 2020. Umwanya watwawe na Guinea kunsinzi ...
Dr. Monique Nsanzabaganwa usanzwe ari visi Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda kumyaka 50 yatorewe kuba umuyobozi mukuru w’ungirije w’umuryangowo wa Afurika yunze ubumwe. Yatsinze kubwiganze bw’amajw...
Nyuma yo guhererekanya ububasha na Perezida Cyril Ramaphosa wari umaze umwaka ayobora Afurika yunze ubumwe, Perezida Felix Tshisekesi yavuze ijambo rikubiyemo ibyo ateganya kuzageza kuri Afuruka mu mw...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’umubiri bavuga ko cancer ziterwa n’uko imikorere y’uturemangingo fatizo ihindura uko yakoraga, igatangira gukora mu buryo budasanzwe, urugingo bibereyemo rukarwara. ...
The Ben wari umaze igihe kirenga umwaka ari mu Rwanda yasubiye muri USA wenyine ntiyajyana umukobwa yari amaze iminsi mike yerekanye ko ari umukunzi we. Haribazwa niba ibyabo bitaba birangiriye aho! ...
Mu masaha yashyira saa saba z’amanywa kuri uyu wa Gatandatu tariki 06, Gashyantare, 2021 Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yitabiriye Inteko rusange y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe. Ari buyigezeho ra...
Nizeyimana Mirafa wahoze muri Rayon Sports akaba asanzwe akina hagati yaraye asinyE amasezerano y’imyaka ibiri (2) muri Zanaco FC yo muri Zambia. Azajya ahembwa byikube kabiri ayo yari yarijejwe muri ...
Nta gihe kirekire gishize Leta y’u Rwanda itangije amavugurura mu bigo byayo, ikabikora ivuga ko biri mu rwego rwo kwirinda gukomeza gukoresha abakozi ba baringa, bahenda Leta. N’ubwo iyi Politiki iga...









