Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yabaye umwe mu bakingiwe COVID-19, ubwo yatangizaga igikorwa cyo gukingira iki cyorezo mu byiciro by’abafite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa ...
Urukiko Rukuru rwasabye Gereza ya Mageragere guhagarika gufatira inyandiko Paul Rusesabagina ahererekanya n’abunganizi be, ndetse rwemeza ko ahabwa mudasobwa yamufasha kwiga dosiye ye kubera ubunini b...
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye igikorwa cyo gukingira icyorezo cya COVID-19, haherewe ku matsinda afite ibyago byinshi byo kwandura icyo cyorezo cyangwa kuzahazwa nacyo. Iyi minisiteri yatangaje ko &#...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta yakiriye ku kibuga cy’indege inkingo 50.000 za COVID-19 u Rwanda rwahawe n’u Buhinde, ziyongera ku zikabakaba 347.000 za AstraZeneca/Oxford na ...
Urwego Ngenzuramikorere , RURA, rwatangaje ko ibiciro bya lisansi na mazutu mu Rwanda byazamutseho 10%, impinduka mu biciro ahanini ryatewe n’imiterere y’isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli....
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryasinyanye amasezerano n’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA, azatuma ruba umuterankunga mukuru wa shampiyona mu gihe cy...
Kuva iki cyumweru cyatangira inkuru ishyushye mu gihugu zirimo n’ijyanye n’inkingo za COVID-19, nyuma y’uko kuri uyu wa Gatatu u Rwanda rwakiriye inkingo 347.000 zizatangira guhabwa abantu kuri uyu wa...
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’Umukino wo gusiganwa ku Magare bitwaye neza muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare yaberaga mu Misiri. Batwaye imidari itanu irimo itatu ya Feza. Iyi midari bayegukanye ku ...
Inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasubitse imirimo kuri uyu wa Kane, kubera ubwoba bw’ubugizi bwa nabi bushobora kuba ku ngoro ikoreramo. Ni icyemezo cyafashwe hashingiwe ku ma...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko mu rwego rwo kugeza inkingo za COVID-19 mu bice bigoye kugezwamo imodoka, uyu munsi hifashishwa kajugujugu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 04, Werurwe, 2021 nibwo ...









