Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwanze ko Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi ikurwa mu rubanza ruregwamo umunyemari Alfred Nkubiri, uregwa ibyaha bifitanye isano no guhombya leta bishingiye ku mitangire y...
Kalev Mutond wahoze ayobora Ikigo Gishinzwe Iperereza cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahamagajwe n’ubushinjacyaha ngo yisobanure ku byaha bikomeye akekwaho birimo iyicarubozo. Mutond w’imyaka ...
Minisiteri y’Ubuzima ikomeje gukingira COVID-19 mu byiciro bifite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa n’icyo cyorezo, ubu hagezweho imfungwa, abagororwa n’abamotari. Ni igikorwa cyatan...
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudan y’Epfo (UNMISS), zikomeje gushimwa kubera ubwitange zigaragaza mu kugarura amahoro muri icyo gihugu, by’umwihariko mu k...
Urubanza Ubushinjacyaha buregamo umunyemari Alfred Nkubiri, kuri uyu wa Kabiri rwatinze gutangira ku mpamvu zaje kumenyekana ko ari uko abacamanza bagiye kwikingiza COVID-19. Umunyamakuru wa Taarifa y...
Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko abantu barembye kubera icyorezo cya COVID-19 bongeye kuzamuka, aho kuri uyu wa Mbere bageze ku bantu 20 mu gihe icyumweru gishize cyatangiye harembye abantu batandat...
I Nyamata mu Karere ka Bugesera, haguye ishyano ubwo abantu basangaga umurambo w’umusore w’imyaka 25 y’amavuko witwa Jean Paul Nsabigaba yiyahuye yimanitse. Amakuru dukesha abo mu muryango we avuga ko...
Perezida w’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi Bwana Charles Michel kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi mu Karere ka Gasabo. Mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 09, Werurwe, 2021 Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rurasoma umwanzuro warwo ku mpamvu ubushinjacyaha buherutse guha urukiko bwita ko zikomeye zatuma Madamu Idamange Iryamugwiza ...
Guhera mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Abanyarwanda batangiye gukingirwa. Abakingiwe bari mu ngeri zitandukanye kuko ku ikubitiro habanje abakora mu nzego z’ubuzima, abarimu, abakuze n’abandi. Hari...









