Itariki ya 10 Werurwe ni umwe mu minsi igarukwaho mu bihe bitandukanye byagiye biranga itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu gitabo cyiswe ‘Itegurwa n’ishyirwa mu b...
Imibare yasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi n’abagira neza hirya no hino ku isi byatangaje ko abagiraneza 10 biciwe muri DRC umwaka ushize, 19 barakomereka...
Abacamanza baburanisha urubanza rwa Kabuga Félicien uregwa ibyaha bya Jenoside banzuye ko ababuranyi ku mpande zombi bakora inama nsuzumarubanza hifashishijwe uburyo bwo guhererekanya inyandiko, kuber...
Mu nzego z’ibanze iyo abayobozi bahuye n’abaturage bagira imvugo imaze kumenyerwa igira iti; “ Umuturage ku Isonga”. Inkuru zanditswe mu myaka mike ishize zashyize bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’iban...
Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza Buckingham Palace yavuze ko amagambo aheruka gutangazwa n’Igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle bashinja ivanguraruhu abantu bakomeye b’i bwami yabahangayikishi...
Abayobozi bakuru mu rwego rw’ububanyi n’amahanga hagati ya Israel n’u Rwanda baraye bagiranye ikiganiro kigamije kongera inzego z’ubufatanye. Ubucuruzi n’ishoramari ni bimwe mu byo baganiriye ho...
Ku mbuga nkoranyambaga z’abatuye Tanzania handitswe ko Perezida John Pombe Magufuli ari mu bitaro byo muri Kenya, kandi ko arembye. Abenshi baremeza ko arwaye COVID-19. Hari hashize ibyumweru runaka a...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Idamange Iryamugwiza Yvonne afungwa by’agateganyo, mu gihe ategereje kuburana mu mizi. Ni icyemezo Urukiko rwavuze ko gishingiye ku kuba hari ‘im...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda( Inspector General of Police) Dan Munyuza ubwo yasezeraga ku bapolisi bateguraga kujya mu kazi ko kugarura amahoro muri Sudani Y’epfo yababwiye ko biba byiza iyo ...
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye igikorwa cyo gukingira icyorezo cya COVID-19 muri Gereza ya Nyarugenge, haherewe ku bafite ibyago byinshi byo kuzahazwa n’iki cyorezo kurusha abandi. Ku ikubitiro muri g...









