Umushoramari Venant wari ufite resitora mu Mujyi wa Kigali yubatse izina nka “Chez Venant Bar & Resto”, yitabye Imana. Iyi resitora yahoze ikomeye mu mujyi wa Kigali, gusa yaje gufunga imiry...
Ni ubutumwa bwatangajwe na Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri itangarije ingamba nshya zo gukomeza kwirinda ubwandu bwa COVID-19. Umuvugizi wayo Commissioner of Police( CP) John Bosco...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu nibwo Abanyatanzania bamenye inkuru y’akababaro ko Perezida John Pombe Magufuli yitabye Imana ku myaka 61. Yari amaze iminsi arwariye muri Mzena Hospital i Dar es Salaa...
Ubunyamabanga Bukuru bw’umuryango w’Africa y’I Burasirazuba bwatangaje ko bwifatanyije n’abaturage ba Tanzania mu gahinda batewe n’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli waraye apfuye ‘azize umutima.’ Leta...
Umukobwa wigishijwe na Dr Kayumba Christopher muri Kaminuza y’u Rwanda yamushinje ko yamusabye ko baryamana, yabyanga undi akagerageza kubimukoresha ku gahato ubwo bari iwe mu rugo. Ni ibirego byashyi...
Leta ya Tanzania yemeje ko John Pombe Magufuli wari perezida wa gatanu w’icyo gihugu yitabye Imana ku myaka 61. Urupfu rwe rwatangajwe na Visi Perezida Samia Suluhu Hassan kuri televiziyo y̵...
Abasenateri bagaragaje impungenge ko igikorwa cyo kwandika mu mutungo wa leta ubutaka abaturage batandikishije, kidashingiye ku itegeko cyangwa ibwiriza kandi kigira ingaruka ku baturage. Kuri uyu wa ...
Sena yatoye itegeko ngenga rigenga ubwenegihugu, nirimara kwemezwa rizashyiraho ingingo zizatuma abimukira bamaze igihe mu Rwanda bashobora guhabwa ubwenegihugu. Mu itegeko rishya hongewemo ingingo zi...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko mu gihe cya vuba hazamenyekana ibipimo bishya by’imisoro y’ubutaka, bizasimbura ibiheruka gutangazwa ariko byaje kutavugwaho rumwe. Ku wa Mbere nibwo ina...
Abantu umunani biganjemo abagore bakomoka ku mugabane wa Aziya bishwe barashwe mu bikorwa byabereye ahantu hatatu hatandukanye, umusore ukekwaho ubwo bwicanyi akaba yatawe muri yombi. Ubwo bwicanyi bw...









