Umuryango witwa Action Pour La Paix En Afrique watanze impuruza uvuga ko ibihugu bituranye na DRC ndetse na DRC ubwayo bigomba kuba maso kuko hari abarwanyi benshi bari kwisuganyiriza muri Beni kugira...
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko imyitozo n’imikino muri shampiyona z’icyiciro cya mbere byakomorewe, ariko amashyirahamwe y’imikino azajya abanza kubisabira uburenganzira, agaragaz...
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM) yasabye Abanyarwanda kwirinda gukorana n’ikigo CENTURY HENG YUE (CHY), cyiyandikishije mu Rwanda nk’ikigo gikora ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga ariko k...
Ikigega The Rise Fund kigiye gushora miliyoni $200 mu kigo Airtel Mobile Commerce BV (AMC BV) gicunga serivisi zo kubitsa no kohererezanya amafaranga kuri telefoni ngendanwa zizwi nka Airtel money, zi...
Dr Christopher Kayumba ni umwe mu bahanga bakomeye mu itangazamakuru no kuryigisha mu Rwanda. Aherutse gusohora itangazo rigenewe abanyamakuru rivuga ko yashinze ishyaka rya Politiki, yise Rwandese Pl...
Perezida Paul Kagame yashyizeho igihe cy’icyunamo mu Rwanda kugeza ku munsi Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli azashyingurirwa, amabendera yose akururutswa kugeza hagati. Kuri uyu wa Gatat...
Polisi y’u Rwanda yafashe ibilo 80 bya magendu y’imyenda ya caguwa n’amapaki 20 y’amavuta ya Movit, birimo kwinjizwa mu Rwanda binyujijwe mu mugezi wa Rusizi uri hagati y’Akarere ka Rusizi na Re...
Byemezwa na Dr Hermogène Nsengimana usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo cy’Ubuziranenge muri Africa. Kuri uyu wa Kane yaganiriye n’abayobozi b’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuziranenge...
Perezida Paul Kagame yifatanyije mu kababaro n’abaturage ba Tanzania nyuma y’urupfu rwa Perezida John Pombe Maguguli, avuga ko umusanzu we mu gihugu cye n’akarere muri rusange utazibagirana. Kuri uyu ...
Ni inkuru yazindutse yabaye kimomo mu binyamakuru byo mu Buhinde nyuma y’uko abantu basanze imodoka itezemo ibisasu ihagaze hafi y’umuturirwa w’umukire wa mbere mu Buhinde witwa Mukesh Ambani. Byavuzw...









