Home / Mu Rwanda / Kazungu Yemeye Ibyaha Byose Aregwa Ati’ NDABYEMERA’

Kazungu Yemeye Ibyaha Byose Aregwa Ati’ NDABYEMERA’

Mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, hatangiye iburanisha mu mizi ry’urubanza rwa Kazungu Denis  ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi, gusambanya ku gahato n’iyicarubuzo.

Ubwo yasomerwaga ibyaha byose aregwa, nta mususu Kazungu Denis yasubije ko abyemera.

Ubwo umucamanza yari atangiye iburanisha mu rubanza rwe, Kazungu yasubije inteko iburanisha ati “Ndabyemera”.

Urubanza rwa Kazungu Denis rwari rumaze gusubikwa inshuro eshatu kubera impamvu rimwe zatangwaga n’ubushinjacyaha, ubundi zigatangwa n’ubugenzacyaha.

Icyakora ubu iburanisha rirakomeje…

Tagged:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *