Umugabo wo mu Karere ka Ngororero yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo guhohotera umwana we w’imyaka itatu amukubise urutsinga. Uwo mugabo kuri uyu wa Gatanu yabwiye itangazamakuru ko...
Umushoramari Venant wari ufite resitora mu Mujyi wa Kigali yubatse izina nka “Chez Venant Bar & Resto”, yitabye Imana. Iyi resitora yahoze ikomeye mu mujyi wa Kigali, gusa yaje gufunga imiry...
Impungenge zikomeje kuba nyinshi ku bahanga mu bijyanye n’ibirunga, barimo kubona ibimenyetso bica amarenga ko ikirunga cya Nyiragongo cyaba kiri mu myiteguro yo kuruka. Ubwo cyaherukaga mu mwaka wa 2...
Ibi byemezwa n’Ibiro bya CIA( Central Intelligence Agency) bishinzwe gukoma mu nkokora imigambi ya ba maneko b’amahanga( counterintelligence). Bibishingira ku ngingo y’uko hari bamwe mu bahoze a...
Ngozi Okonjo-Iweala yavutse tariki 13, Gicurasi, 1954. Ni Umugore wo muri Nigeria ariko ufite ubwenegihugu bwa USA. Ni umuhanga mu bukungu n’ubufatanye mpuzamahanga. Azwiho kugirana n’abantu bakomeye ...
Kuba umwana utagira abantu bakuru bamukunda ni akaga. Abana bagirwa abasirikare bahura n’akaga gakomeye karimo kwiga kwica, ubusambanyi, kuneka, gusahura n’ibindi. Hari imibare ibyerekana: 1.Abana bab...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’umubiri bavuga ko cancer ziterwa n’uko imikorere y’uturemangingo fatizo ihindura uko yakoraga, igatangira gukora mu buryo budasanzwe, urugingo bibereyemo rukarwara. ...
Nitwa Havugiyaremye Jérémie ntuye mu murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 15, Mutarama, 2021 ubwo najyaga ku kazi, nabonye umuntu imodoka yari igongeye muri ...
Abahanga mu binyabuzima bamaze igihe kinini bavuga ko hari ibinyabuzima bicika ku isi kubera ibikorwa bya muntu ariko abantu bakagira ngo ni amashyengo y’abashakashatsi. Icyegeranyo cyasohowe n’ihurir...
Israel ni igihugu kihariye mu ngeri nyinshi. Twirengagije ibindi tukareba ububanyi n’amahanga bwayo dusanga kuva yabaho yarakoze uko ishoboye ngo ibane n’amahanga yaba abanzi cyangwa abakunzi. Kugira ...









