Nyuma yo guhuza amakuru yakusanyijwe n’abahanga bo muri Kaminuza yo muri California hagamijwe kureba uko inyanja zimerewe nyuma y’igihe isi yadutswemo icyorezo COVID, baje gusanga hari toni 25,000 z’u...
Mu Ntara ya Yudeya hafi y’ahashyinguwe umubiri w’Umuhanuzi Samuel uvugwa muri Bibiliya hamaze igihe hashya, bika bikekwa ko ari abagizi ba nabi bahatwitse ku bushake. Umuhanuzi Samuel avugwa muri Bibi...
Amateka ya Politiki hafi ku isi hose no mu bihe byose yerekanye ko abagabo basanganywe imbaraga nyinshi muri Politiki n’ahandi, iyo bageze imbere y’umugore zigabanuka cyane k’uburyo bakora ibintu ejo ...
Ikigo cya Israel gikora ibikoresho na gahunda by’ikoranabuhanga cyakoze uburyo(software) bita Pegasus, bufite ubushobozi bwo kumenya ibyo abantu baganira kuri telefoni zabo bakoresheje uburyo hafi ya ...
Ni imvugo abaturage b’u Bwongereza, u Bufarasansa, Amerika, Canada, U Buyapani… baraye babwiye abayobozi babo nyuma yo kubona amafoto barimo guhoberana nta gapfukamunwa, nta ntera bahanye…kandi ari bo...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’Intara ya Gauteng yo muri Afurika y’Epfo rivuga ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari umugore wo muri iyo Leta wabyaye abana 10 atari byo. Ni mu itangazo yasohowe n̵...
Muri Marocco habereye ibintu bidasanzwe . Umugore witwa Halima Cissé ukomoka muri Tumbuktu muri Mali aherutse kwibaruka impanga icyenda mu gihe kwa muganga bari baramusuzumye basanga atwite impa...
Mu gace ka Limpopo ka Afurika y’Epfo hari pasiteri witwa Christ Penelope uvugwaho gusaba abayoboke be guca bugufi akabasurira ku mazuru ngo nibwo bazakizwa ibyaha. Pasiteri Christ Penelope avuga...
Nyuma y’uko atsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu wa USA aheruka, ndetse akirukanwa burundu kuri Twitter, Bwana Donald J Trump yatangije Ibiro Bye bizajya bikurikirana umurage yasize akiri Perezida wa ...
Abaturage ba Burkina Faso basanze uburyo bwiza bwo kubana na COVID-19 ari ukuyishyiramo urwenya, ukayirinda ariko ntigukure umutima. Muri Ouagadougou basigaye bavuga ngo Les Poches Sont Confinée...









