Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubukungu n’imibereho myiza, UN Department of Economic and Social Affairs (DESA) ryasohoye inyandiko igereranya uko ibintu byari byifashe mu mwaka wa 2023, uko...
N’ubwo muri iki gihe, ibuye rivugwa ko rigezweho ari Lithium mu by’ukuri nta buye rikoreshwa cyane mu ikoranabuhanga mu gukora bateri za telefoni, iza mudasobwa n’iz’imodoka zikoresha amashanyarazi ku...
Umusore w’umuhanga mu kwandika inkuru ukomoka muri Pologne aherutse kwiyandikaho inkuru y’uburyo yakuze ari umusinzi uhohotera abagore ariko akaza kubyigobotora. Iyo nkuru yarakunzwe ariko biza kuran...
Kubera iki Afurika ari yo izashyirwa mu kaga n’icika ry’ibisiga byitwa inkongoro? Impamvu ni uko ibi bisiga biba muri pariki z’Afurika aho bishinzwe kurya inyamaswa zapfuye. Mu magambo avunaguye, inko...
Mu Mudugudu wa Kigarama, mu Kagari ka Kibinja mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza ku Bunani( taliki 01, Mutarama, 2024) umugabo yamize inyama ishyushye cyane kandi nini igeze mu muhogo iritam...
Mexique ni igihugu kiri mu Majyepfo ya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Uretse kuba kiri mu bikize muri Amerika bita ko ari iya Abalatini( Latin America), iki gihugu kizwiho byinshi birimo n’urugomo ruter...
Umusore yakuriye umukunzi we inzira ku murima ubwo yamusabaga kwishyura ibyo we n’inshuti ze 18 bari bakoresheje ku munsi ww w’amavuko kandi batabivuganye. Uyu musore wo muri Leta zunze ubumwe z’Ameri...
Ubwanditsi bwa Taarifa buramenyesha abasomyi ko inkuru twabagejejeho taliki 21 Mutarama 2022 ifite umutwe “Ese bahungu banjye ko munzindukiye ni amahoro? Ikibazo Gicanda yabajije abaje kumwica” atari ...
Ubushashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Edinburgh iri muri Ecosse bwakorewe ku bantu 44,480 bo hirya no hino mu Bwongereza n’ahandi mu Burayi bwerekanye ko hari isano hagati yo kugira ubwenge bwinshi, gu...
Mu Bubiligi hagaragaye imvubu ebyiri zanduye icyorezo COVID-19. Zapimiwe mu Bubiligi mu ishyamba karemano ryororewemo inyamaswa bita Zoo riri i Antwerp. Ni ubwa mbere ku Isi hagaragaye ubwandu bw’icyo...









