Mu Bwongereza havutse abana umunani bakomoka ku babyeyi batatu badahuje amaraso na gato. Ni ikintu kibayeho bwa mbere mu mateka y’ubushakashatsi mu kubyaza kuko amaraso y’abo bana nta kibazo yerekana ...
Umuhuzabikorwa w’Igiterane cya Rwanda Shima Imana, Amb.Dr.Charles Murigande avuga ko urugendo rw’imyaka 30 Abanyarwanda bamaze biyubaka ari intambwe yo nziza ikwiye gutuma bashima Imana. Yabivuze habu...
Abakunda telefoni za iPhone bagiye kubona indi yo muri ubu bwoko yo mu gisekuru cya 16. Ni yo igezweho ariko ntirasohoka uretse ko abanyamakuru bo bamaze kumenya bimwe mu bizaba biyigize. Ikinyamakuru...
Muri Bibiliya mu gitabo cy’Intangiriro harimo inkuru y’uko umugabo witwa Nowa wari intungane mu bari batuye isi mu gihe cye, yubatse inkuge( ubwato bunini) abushyiramo buri bwoko bw’ikinyabuzima, ikig...
Abanyarwanda baca umugani ngo gusaza ni ugusahurwa kandi bajya kuwuca bari bafite ishingiro. Uko imyaka yiyongera ni uko ubushobozi umuntu yari afite bwo kugenda urugendo rurerure, imbaraga zo guterur...
Umubare munini w’abatuye isi ni abakene. Kubona icyo barya gihagije kandi bakakibona inshuro eshatu ku munsi nk’uko bisabwa n’abize iby’imirire ni ingorabahazi kuri benshi. Si ibyo kurya gusa bibura a...
Izi nyubako bita “pyramids” ziswe iza Giza kubera ko aho zibatswe ari uko hitwa( Giza Pyramids) ni inzu zikomeye kuko n’ubu zikiriho nyuma y’imyaka 4,500 zubatswe. Bigaragara ko abazubatse bashakaga k...
N’ubwo taliki 24, Gashyantare, 2024 imyaka izaba ibaye ibiri intambara ya vuba aha y’Uburusiya kuri Ukraine izaba itangiye, mu by’ukuri iki gihugu cyatangiye kurwana na Ukraine mu mwaka wa 2014 ...
Kuba umuhanga, ukagira amanota menshi bishingiye kuyagenwe n’abatanga ibizamini si ikimenyetso cy’uko uri umunyabwenge byanze bikunze. Hari abahanga batari abanyabwenge na gato. Abanyabwenge baba baf...
Burya kuba umuntu ushyira ibintu ku murongo, akagira gahunda bigirana isano itaziguye no kuba utuje mu mutwe, udahungabanye. Abahanga baritegereje basanga abantu bashyira ibintu byabo ku murongo bagir...









