Lt.Gen Mohamed Farid uyobora Imitwe yose igize ingabo za Misiri ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Yahageze tariki 27,Gicurasi, 2021, abonana n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Ka...
Polisi y’u Rwanda irasaba abamotari kuzibukira ibikorwa bagaragaramo birimo gufasha abakora ibyaha babageza cyangwa babavana aho babikorera. Ibi Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (...
Taarifa imaze kubona itangazo ryavugaga ko Minisiteri y’ingabo z’u Burundi ivuga ko abateye u Rwanda bataturutse ku butakwa bwabwo, yabajije umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Col Floribert Biyereke niba ...
Umwe mu baha Taarifa amakuru mu Karere ka Nyarugenge yaraye aduhaye amafoto yerekana abanyeshuri barimo abahungu n’abakobwa biga mu kigo kiri mu bigo bizwi cyane mu Rwanda kitwa Saint André bafite imi...
Ni amasomo hari guherwa mu ishuri rikuru rya Polisi riri mu Karere ka Musanze (NPC). Abapolisi b’u Rwanda bari guhugurwa uko abana barindwa kwinjizwa mu gisirikare no kujya mu bikorwa byo gukoresha i...
Nyuma y’itangazo rya Minisiteri y’ingabo rivuga ko hari abarwanyi bo mu mutwe wa Front de Libération National( FLN) baraye bateye u Rwanda, ingabo zarwo zikabasubizayo, hari amafoto yasohotse yerekana...
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda rivuga ko mu ijoro ryacyeye hari abarwanyi bashatse gutera u Rwanda baturutse i Burundi ahitwa Giturashyamba muri Komini Mabayi ariko bakubitwa inshuro. Riv...
Hari Abanyarwanda baraye barangije amasomo agenewe ingimbi zitegurirwa kuzaba abasirikare haba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika cyangwa mu bihugu bakomokamo. Mu barangije ariya masomo harimo ingimbi z...
Polisi y’u Rwanda mu bihe bitandukanye ni ukuvuga tariki ya 20 na 21 Gicurasi, 2021 abapolisi bakorera mu Karere ka Rubavu na Ngororero bafashe udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 12, 189. Taarifa...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rufunze abapolisi babiri bakurikiranyweho gukubita umufungwa wari ufashwe nyuma yo gutoroka kasho. Ni igikorwa cyabereye mu Karere ka Musanze. Bariya bagabo babiri ...









