Leta y’u Burundi yashyikirije u Rwanda abarwanyi 11 b’umutwe w’iterabwoba wa FLN, nyuma y’igihe narwo ruyishyikirije abandi bantu 21 bakekwaho ibyaha bitandukanye. Ni igikorwa cyabereye ku mupaka wa N...
Col Ronald Rwivanga uvugira Ingabo z’u Rwanda yabwiye Taarifa ko kuba izi ngabo zigaruriye umujyi wafatwaga nk’ibirindiro by’abarwanyi ba Islamic State muri Mozambique ari ikintu gikomeye. Ngo akazi ...
Guverinoma y’u Rwanda na Repubulika ya Centrafrique byashyize umukono ku masezerano atandukanye, arimo ay’ubufatanye mu kuvugurura inzego z’umutekano, by’umwihariko igisirikare. Kuri uyu wa Kane Perez...
Mu Karere ka Kamonyi haherutse gufatirwa abagabo babiri nyuma y’ukop ngpo bahaye umupolisi ishinzwe umutekano mu muhanda ruswa ya Frw 50 000 ngo abasubize Moto yabo. Iyi moto yari imaze amezi abiri i...
Kugeza ubu mu buryo budasubirwaho, ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique birukanye abarwanyi ba Al Qaeda bari birigaruriye Agace ka Awasse kari mu tugize Intara ya Cabo Delgado. Nyuma yo kuhigarurira, ba...
Abasirikare b’u Rwanda 750 nibo bazoherezwa muri Centrafrique mu gihe kiri imbere, ariko hari 300 muri aba baherutse koherezwa yo. Bose hamwe bazaba bagize indi batayo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda z...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye kuri uyu wa 01, Kanama, 2021 nibwo ingabo za Afurika y’Epfo, South African National Defense Force (SANDF)zageze ahitwa Pemba. Hari ubwato bwazao bw’intambara buri mu Ny...
U Rwanda, Botswana, Afurika y’Epfo, Zimbabwe, Angola…biri mu bihugu by’Afurika byafashe iya mbere byiyemeza kujya muri Mozambique kuyitabara. Ku ikubitiro u Rwanda rwahise rwohereza ...
Tariki ya 25 Nyakanga 2021 nibwo umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza n’intumwa yari ayoboye batangiye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Malawi. Bucyeye bw’aho Tariki ya 26 Nyakanga yagira...
Ubwo Komiseri Mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja yakiraga mugenzi we wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza ubwo yari yasuye ishuri rikuru rya Polisi ya Malawi, yamubwiye ko igihugu cye kit...








