Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police(CIP) Hassan Kamanzi atangaza ko hari abagabo umunani uru rwego rwafashe rubakurikiranyeho gutega abaturage igico bakabambura utwabo. ...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 9 Kanama, Polisi ikorera mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera k’ubufatanye n’abaturage yafatiye mu cyuho abagabo babiri bari bibye ihene ebyiri z’umuturan...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibyo Donald Trump avuga by’uko kugira ngo amahoro agaruke ari ngombwa ko Ukraine iharira Uburusiya ubutaka bumwe bitazashoboka. Trump avuga ko mu...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ubw’iza Qatar bwayoboye igikorwa cyo kwemerera abasirikare ba RDF 163 kurangiza imyitozo ihambaye bari bamazemo igihe mu ishuri rya Nasho muri Kirehe. Abo basirikare b...
Mu rwego rwo kwiha izina kugira ngo babatinye, abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe biyise amazina akura umutima nka Imparata, Abanyogosi n’Abahebyi . RIB ariko irababurira. Abo b...
Mu mayeri menshi umugabo wo mu Mudugudu wa Cyangugu, Akagari ka Cyangugu mu Murenge wa Kamembe muri Rusizi ejo yavumbuwe na Polisi yiziritseho urumogi mu mugongo arenzaho imyenda. Hari saa cyenda n’i...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...
Mu Mudugudu wa Kamuvunyi A, Akagari ka Nyarusange mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza habonetse umurambo w’umusore witwa Habukwiye Viateur w’imyaka 19 wari iminsi irindwi hatazwi irengero rye....
Uwo ni Marie-Chantal Nijimbere. Kuva Uburundi bwabaho nibwo bwa mbere umugore abaye Minisitiri wo kwivuna abansi nk’uko babivuga mu Kirundi. Hamwe na bandi bashya bashyizwe muri Guverinoma, Nijimbere ...
Ubufatanye hagati y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gazi na RIB bwo gukoresha drones mu gutahura abacukura amabuye y’agaciro batabyemerewe bwatanze umusaruro kuko hari benshi bamaze gufa...









