Ubukangurambaga bwa Polisi bwo kwigisha abantu uko birinda inkongi n’uko bayirwanya iramutse yadutse burakomeje. Buri gukorwa mu gihe inkongi zirimo n’izikomeye zimaze igihe gito zadutse mu Mujyi wa K...
Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byatangaje ko iby’uko ingabo z’u Rwanda ziri gutegura igitero muri DRC ari ibinyoma byatangajwe n’igisirikare cy’iki gihugu. Byaboneye ho kwibutsa DRC ko ub...
Mu Karere ka Bugesera habereye inama yahuje abasirikare n’abapolisi ndetse n’abasivili bahagarariye abandi bigira hamwe uko imyitozo ikomatanyije yitwa Ushirikiano Imara 2024 izakorwa. Iyi myitozo ng...
Kuri uyu wa Mbere tariki 17, Nyakanga, 2023 nibwo Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye batangiye uruzinduko rwabo mu Rwanda. Baganiriye n’abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda....
I Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu hateranye inama yahuje abayobozi mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo baganire uko banoze imikoranire mu kubungabunga umuteka...
Hagati y’Italiki ya 28 n’italiki ya 31, Werurwe, ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zahaye ubufasha bw’imiti abatuye agace ka Malakal muri Sudani y’Epfo . Byakozwe n’abasirikare bagize Umutwe w...
Umutwe wa gisirikare( ufite n’ishami rya politiki) Mouvement du 23 Mars( M23) uvuga ko ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bukomeje kugirira nabi abasirikare bawo bamanitse amaboko bakemer...
Lieutenant General Mubarakh Muganga, Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka ari muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu nama y’Abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka bo muri Afurika. Ni inam...
Umuvugizi wa M23 witwa Major Willy Ngoma yatangaje ko ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zikomeje kubagabaho ibitero. Avuga ko kuba zikomeje kubarasaho, bibaha uburyo bwo kwitabara kandi baza...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko Abanyarwanda 71 muri 85 babaga muri Ukraine bamaze guhungishwa, mu gihe 14 batarashobora gusohoka muri icyo gihugu. Ni igikorwa kirimo kuba mu gihe u Burusiya buk...









