Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru mbi y’umwana w’umwaka umwe n’igice waguye mu ndobo amira nkeri, arapfa. Ni ibyago byabaye kuri uyu wa Kane taliki 04, Mutarama, 2024. Abatu...
Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote babwiye itangazamakuru ko umuyobozi w’aka Kagari aherutse gukubita umuturage bimuviramo urupfu. Amakuru avuga ko uwo muyobozi yakubise uriya mutu...
Iradukunda Jean de Dieu ni umwana w’imyaka 10 wo mu Karere ka Gicumbi wishwe n’inkuba yaraye imukubitiye mu murima ari kumwe n’ababyeyi be bari gusarura ibishyimbo. Byabereye mu Murenge wa Rushaki, Ak...
Abapolisi bo muri Kenya baherutse kwiyoberanya bigira abicanyi bakorera amafaranga kugira ngo bashobore gufata Umunyarwandakazi washakaga kubaha miliyoni Frw 84( ni ukuvuga miliyoni Ksh 9.2) ngo bice ...
Mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi ahitwa Ruyenzi habereye impanuka hagati y’amakamyo abiri, yavaga mu Ntara y’Amajyepfo iri inyuma igonga iyiri imbere zita umuhanda zigonga indi modoka i...
Ubugenzacyaha busaba Abanyarwanda kwirinda icyo ari cyo cyose cyatuma bica amategeko harimo no gukoresha nabi imbugankoranyambaga. Umuvugizi w’uru rwego, Dr. Thierry B. Murangira avuga ko niba bidakwi...
Nibishaka Théogène usanzwe usengera mu Itorero rya Pantekote ADEPR aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ibyaha bifitanye isano no gutangaza amakuru y’ibihuha agamije...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), ryafatiye mu cyuho abagabo babiri mu Karere ka Gasabo bari bagiye gukwirakwiza mu baturage urumogi. Babasangaye urumogi ruri ku i...
Mu mukwabu uherutse kubera mu Mudugudu wa Bisambu, Akagari ka Nyarurama mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro hafatiwe abagore babiri bari bafite mazutu ingana na litiro 1000 bivugwa ko bacuruza...
Gukererwa kuzimya inkongi y’umuriro igihe ibaye ahanini bitewe no kutagira ubumenyi bw’ibanze bwo kuzirwanya ku bari aho yabereye, bituma ubukana bwayo bwiyongera ikarushaho gufata intera bityo ikangi...









