Siborurema Jean de Dieu w’imyaka 35 wo mu Karere ka Gisagara aracyekwaho kwica umugore witwa Uwingeneye w’imyaka 24 agahita atoroka. Byabaye mu gicuku cyo ku wa 21 rishyira 22 Mutarama 2024 saa saba (...
Taliki ya 21, Mutarama, 2024, nibwo RIB yafunze Kabera Vedaste, wari umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza mu Ntara y’Amajyepfo. Akurikiranweho guha ruswa umugenzacyaha wakurikiranaga dosiye aregwamo n...
Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Gataraga mu Kagari ka Rungu haravugwa inkuru y’ababyeyi bakurikiranyweho gukubita umwana wabo agapfa. Bivugwa ko bamukubise bamuziza guta Frw 10,000. Rwagati mu Cyu...
Umugore ufite ubumuga bwo kutabona witwa Nyirahabiyambere Mwadjuma yagize ibyago inzu ye irakongoka. Byaraye bibereye mu Mudugudu wa Mbagira, Akagari ka Kamashangi, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Ru...
Ubuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko hari umusore warashwe arapfa ubwo we na bagenzi be barwanyaga abashinzwe umutekano. Abavugwaho ubwo bujura ngo bari bitwaje ibyuma bya f...
Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu, Alfred Gasana ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye bari muri Qatar mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Bo na bagenzi babo ...
Mu Kagari ka Kanazi, Umurenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habaye ibyago byatewe n’inzu yasenyutse igwira abantu bane, umwe arapfa abandi batatu barakomereka. RBA yanditse kuri X ko byaberey...
Amakuru Taarifa ikesha umuturage wo mu Karere ka Rubavu aremeza ko hari umuntu waje mu Rwanda yambaye imyenda y’ingabo za DRC warasiwe ahitwa Eglise Pentecôte Ebenezer mu Murenge wa Rubavu mu Karere k...
Niyomufasha Marie w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kabiri mu ishuri rya G.S Binaga mu Murenge wa Mbogo, yatitiye yikubita hasi abanje umunwa ku ntebe, ajyanwa kwa muganga yitaba Imana. Ku wa mbere tarik...
Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mutarama, 2024, umuhanda uhuza Huye, Nyamagabe, Rusizi waridutse uruhande rumwe. Wapfiriye mu Mudugudu wa Kigarama, hafi ...









