Umugabo wo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ku Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka itatu. Abaturage babwiye itangaza...
Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza avuga ko abapolisi bari mu bantu ba mbere bakwiye kubazwa uko basohoza inshingano zabo kuko izo nshingano zireba umutekano ...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi buvuga ko hari umugore bwataye muri yombi bumukurikiranyeho guta uruhinja rwe mu cyobo gitwara amazi. Ku mpamvu turataramenya, biravugwa ko uwo mug...
Mu byumba bya Sainte Famille byakorerwagamo akazi k’Ibiro haraye hadutse inkongi. Ikinyamakuru Kinyamateka kivuga ko ibyo byumba bisanzwe biherereye ahareba kuri Parikingi yo ku gice cyo hepfo cya Sa...
Mu Murenge wa Kabaya muri Ngororero haravugwa inkuru y’ababyaza babiri baherutse gutabwa muri yombi na RIB bakurikiranyweho gukomeretsa umwana wavukaga babonye apfuye baratoroka. Byabereye mu bitaro b...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yasubije uwari umubajije impamvu uruhushya rwo gutwara imodoka rugira igihe cyo gusaza kandi impamyabumenyi isanzwe itajya isaza, asubiza ko biter...
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha Col( Rtd) Jeannot Ruhunga yabwiye abaje mu gikorwa cyo kurangiza ubukangurambaga mu kurwanya icuruzwa ry’abantu ko icuruzwa ry’abantu ari igik...
Polisi y’u Rwanda yabwiye Taarifa ko impanuka y’ubwato yabaye mu mpera z’Icyumweru gishize ikabera mu kiyaga cya Mugesera ku ruhande rw’ Umurenge wa Karenge mu Karere ka Rwamagana yahitanye aban...
Komiseri ushinzwe kurinda ibikorwa remezo no kugenzura imikorere y’ibigo byigenga bicunga umutekano CP John Bosco Kabera yavuze ko bimwe muri ibi bigo bidakora kinyamwuga bigiye guhagurukirwa. Y...
Ni imbwa zitozwa zikiri nto kumenya aho ikintu runaka Polisi ikemanga giherereye. Mu byo zisaka harimo ibisasu n’ibiyobyabwenge. Zitabazwa ahari buhurire abantu benshi, aho abayobozi bari buce cyangwa...









