Mu Mudugudu wa Bunyankungu, Akagari ka Mutara, Umurenge wa Mwendo my Karere ka Ruhango abantu bataramenyekana basanze abanyerondo batanu bari mu kazi barabadukira barabatema. Batemyemo bane barangije ...
Mu rwego rwo kurinda ko hagira ibisasu biva muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bikagwa mu Rwanda uwaba abirashe uwo ari we wese, u Rwanda rwateguye imbunda zibihanura; Ni icyemezo rwafashe nyuma y...
Mu itangazo rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda ryaraye risohotse kuri iki Cyumweru handitsemo ko ibyo DRC iri gukora bihangayikishije u Rwanda mu buryo bukomeye. U Rwanda ruvuga ko bigara...
Imashini zicukura zikomeje gushakisha abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe kiri ahitwa Batima mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Rweru. Nyuma y’uko inkuru yo kugwirwa n’ikirombe imenyekanye, abaturage ...
Ubwo yagezaga ijambo ku bari baje kwitabira Inama nto yigaga ku mutekano mu Karere u Rwanda na DRC biherereyemo, Perezida yababwiye ko igihugu cye kihagazeho kandi kiri maso ku muntu cyangwa icyo ari ...
Mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera haravugwa inkuru mbi y’abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe, umwe abasha kuvanwamo ari muzima ariko abandi babiri baracyashakishwa. Umunyamabanga nshingwabikor...
Taarifa yamenye ko ibyatokombereye mu nkongi yaraye yibasiye isoko ry’impunzi zo ku Kigeme bifite agaciro ka Miliyoni Frw 143. Ni amafaranga agenekereje, ibyo bita estimation. Iyi nkongi yaraye yibasi...
Muri ruhurura ya Rwampala mu Karere ka Nyarugenge hamaze kuboneka imirambo itatu bikekwa ko ari iy’abantu batwawe n’amazi y’imvura yaguye kuri uyu wa Kane. Polisi yabwiye Taarifa ko ari iya abantu bat...
Mu karere ka Gasabo Umurenge wa Gatsata haramukiye inkuru mbi y’abantu babiri bagize umuryango umwe bagwiriwe n’urukuta rw’amabuye rwari rwubatse ku mukingo barapfa. Ni umwana w’umwaka umwe n’igice na...
Ahagana saa kenda z’amanywa kuri uyu wa Kane taliki 15, Gashyantare, 2024 mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke inkuba yakubise abantu batandatu bari bagiye gusengera ahitwa Buzinganjwiri bane barap...









