Nyuma y’amakuru yavugaga ko umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Nyanza witwa Superintendent of Police (SP) Eugene Musonera yafunzwe akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuvugizi wa Po...
Kubera imvura nyinshi yari imaze iminsi igwa amazi akinjira mu nkuta z’inzu, rumwe muri zo rwagwiriye abana bavukana barapfa. Ni abo mu Murenge wa Ndaro, Akarere ka Ngororero mu Ntara y’Amajyaru...
Ni ibyemezwa n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga ubwo yaganiraga n’itangazamakuru ku byavugwaga ko Polisi yarashe abantu babiri bari baherutse gufatwa bakurikiranyweho kwica uwaho...
Mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga hari umunyeshuri wo ku kigo cy’amashuri abanza cya Gatenzi waje kwiga yambaye ishati y’abapolisi b’u Rwanda yanditseho RNP ariko ahagenewe izina rya nyiraw...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangiye iperereza rigamije gufata abagizi ba nabi bahaye inkongi imodoka y’ibitaro byigenga byitwa Peace Polyclinic biri i Muhanga Umuyobozi w’ibi bitaro witwa Dr Norbe...
Mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero hari umugabo witwa Kalinda Viateur uvugwaho gutwikira umwana we mu nzu agapfa. Karinda afite imyaka 35 y’amavuko naho umwana we Iremukwishaka Viateur yari...
Ikamyo ya HOWO yaraye yishe abantu batandukanye barimo abanyerondo babiri na shoferi bose bakaba bari bagiye kugama imvura yari irimo igwa i Mugandamure mu Mudugudu wa Karukoyanya A mu Kagari ka Kav...
Abagabo batatu bacukuraga amabuye y’agaciro mu Mudugudu wa Murambi, Umurenge wa Rukoma, baheze mu Kirombe, hiyambazwa imashini zibavanamo. Abagabo batatu baheze mu kirombe kuri uyu wa mbere ubwo bari ...
Abakoranaga na Ndagijimana Emmanuel w’Imyaka 41 y’amavuko bamusanze mu mugozi yapfuye. Bamwe bakeka ko yiyahuye ariko iperereza ntacyo riratangaza ku mpamvu z’urupfu rwe. Yaguye mu Mudugudu wa G...
Noteri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo witwa Elyse Ndamyimana yaguye mu bitaro bya Kacyiru nyuma yo guterwa ibyuma n’abagizi ba nabi. Amakuru y’ibanze Taarifa ifite avuga ko uyu mugabo yatezw...









