Umugabo arakekwaho kwica umugore we witwaga Uwamahoro amukase ijosi arangije aracika. Bari batuye mu Mudugudu wa Musenyi, Akagari ka Gasagara, Umurenge wa Rongi saa kumi n’ebyiri zishyira saa moya zo ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abarimu babiri hamwe n’umunyeshuri bo muri Kaminuza yigisha ubukerarugendo, UTB ishami rya Rubavu bazira kwaka ruswa ngo batange amanota. RIB ivuga ko ...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwafunze umuyobozi mu Karere ka Ngororero wari usanzwe ushinzwe ibikorwaremezo, imyubakire n’ubutaka mu Karere ka Ngororero ndetse n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa...
Umuyobozi w’ishuri n’umuzamu waryo batawe muri yombi bakekwaho kwiba ibiryo by’abanyeshuri. Bombi bakoreraga ikigo cy’amashuri abanza cya Nyakabuye mu Karere ka Nyanza. Amakuru avuga ko bafashwe mu m...
Mu Karere ka Nyamagabe haraye habereye impanuka y’Imbangukiragutabara yari itwaye umurwayi irenga umuhanda umushoferi ahita apfa. Abandi bantu bane bari bayirimo barakomereka. Umuvugizi wa Polisi isha...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibyo Abanyarwanda baciyemo bikomeye ku buryo nta kintu na kimwe cyabatera ubwoba. Yunzemo ko umwanduranyo wa DRC utakura umutima Abanyarwanda ndetse ko nibiba ngombwa...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasubije umucuruzi witwa Ishimwe Fridia miliyoni Frw 5 yari yaribwe. Uvugwa ko ari we wayibye ni umuzamu we kandi ubugenzacyaha bwatangaje ko bwasanze hari miliyoni Frw 1 yari...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi abantu bane barimo abapadiri babiri bubakurikiranyeho uruhare mu rupfu rw’umunyeshuri witwa Christian Shema wazize inkoni bivugwa ko yakubiswe na bagenzi. ...
Kuri uyu wa Kabiri Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Prisons abagabo n’abagore bo mu rwego rw’igihugu rushinzwe igorora bari bamaze igihe kirenga...
Umugore n’abagabo babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kica umugabo w’uwo mugore bakamuhisha mu nzu. Byabereye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Shyembe, Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karo...









