Abagize itsinda ry’urubyiruko rw’Abanyarwanda baba hanze yarwo baraye bakiriwe n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda baruganiriza ku mikorere yayo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of...
Abatuye Imirenge ya Nkanka na Gihundwe babangamiwe n’ubujura kugera n’ubwo abo bajura bakwambura ibyo ufite, bakaguhondagura bakarenzaho no kwambura imyenda bakagusiga uko wavutse. Ihene bakwibye bayi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo ubuyobozi bw’uruganda rwa Shema Power ruri mu Karere ka Rubavu bwabitse umukozi warwo Harelimana Silas w’imyaka 40 wishwe n’amashanyarazi. Uru ruganda rutungany...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko kuri uyu wa Mbere taliki 15, Nyakanga, 2024 ubwo habaga amatora, mu Rwanda hose haranzwe n’umutekano u...
Mu Mudugudu wa Gasave, mu Kagari ka Raranzige mu Murenge wa Rusenge, mu Karere ka Nyaruguru, haravugwa inkuru y’umugabo wiyahuye nyuma yo gutema bikomeye umugore we n’umwana. Uvugwaho urwo rugomo ni W...
Abakozi b’ikigo gicunga umutekano ku nyubako z’abikorera ku giti cyabo ndetse n’iza Leta kitwa ISCO baraye barangije amasomo yo gukumira no kurwanya inkongi baherwaga ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda ...
Imyaka itanu irashize Polisi y’u Rwanda itangiye kwifashisha camera zigenzura umuvuduko mu kurushaho gukumira ko abantu biruka bikaba byateza impanuka. Izo camera zikoresha ubwenge buhangano bita ‘Art...
Mu Karere ka Nyanza hafatiwe umugabo w’imyaka 38 y’amavuko wari umaze hafi amezi ane avuye mu Karere ka Karongi aho bivugwa ko yiciye umuntu, icyo cyaha akaba avugwaho kugikorera mu Murenge wa Murundi...
Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatatu mu nyubako yo kwa Mukuza hadutse inkongi. Iyi nyubako iba mu Mujyi wa Kigali rwagati, ikaba imwe muzikorerwamo ubucuruzi bw’inzego zitandukanye. Yitiriwe umu...
Mu Mudugudu wa Gatongati mu Kagari ka Mututu, Umurenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza hafatiwe umukobwa wakoraga akazi ko mu rugo ukekwaho kwiba umwana w’umuhungu w’aho yakoreraga. Uwo mukobwa uvugwa...








