Umusirikare muto yarashe umuyobora mu gisirikare ufite ipeti rya captaine amurasa amasasu menshi amuziza ko ngo yanyerezaga umushahara we. Uvugwaho kwica umukuriye avuga ko amaze umwaka n’amezi ane a...
Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo habereye iturika rya gazi umuriro wangiza byinshi. Inzu yahiye iri mu Kagari ka Kamatama, Umudugudu wa Nyarukurazo. Ababonye iyi nkongi bavuga ko umuriro warus...
Mu Ntara ya Maï-Ndombe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye impanuka y’ubwato bwarimo abantu barenga 200 kandi hafi ya bose baburiwe irengero. Iyi mpanuka yabereye mu mugezi wa Lukeni. Radi...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango buremeza urupfu rw’umubyeyi w’imyaka 51 y’amavuko witwa Renatha Ntashamaje wari warasigaye wenyine kuko abe bose bishwe muri Jenoside. Ikibabaje ...
Coaster yavaga i Karongi igana i Rusizi yageze mu Mudugudu wa Kibirizi mu Kagari ka Jarama mu Murenge wa Gihombo muri Nyamasheke ikora impanuka ikomeye yakomerekeyemo abantu 27 umwe arahagwa. Polisi ...
Umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma byo mu Karere ka Gisagara yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka umunani yareraga. Ganza Lyanne yari umwana w’imyaka umunani wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashu...
Abapolisi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Conogo baherutse gushya ubwoba bagahungira muri Uganda kubera amasasu ya M23 basubijwe iwabo. Ni abantu 98 bahungiye muri kiriya gihugu mu minsi mike ishi...
Colonel Sendegeya Lambert ushinzwe abakozi muri Minisiteri y’ingabo ari kumwe n’Umuvugizi wazo Brig Gen Ronald Rwivanga yatangaje impinduka zigiye gukorwa mu ngabo z’u Rwanda, umutwe w’Inkeragutabara ...
Mu Murenge wa Busoro mu Karere ka Nyanza haravugwa umugabo ukekwaho kwica umwana we yabyaye afatanyije na Mukase w’uwo mwana. Byabereye mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busoro mu kagari ka Masangano...
Inkongi ni irindi zina bita umuriro ariko yo ikaba umuriro myinshi ushobora gutwika ibintu byose ukabikongora. Uwo muriro uterwa na byinshi bitewe n’aho uteye uturuka ariko nko mu mijyi ukunze guterwa...









