Intambara y’Uburusiya na Ukraine irabura igihe gito ngo yuzuze imyaka itatu. Icyakora zimwe mu ngabo za Ukraine ziri mu bibazo nyuma y’uko intwaro zari zarahawe n’Amerika zigabanutse ndetse zimwe mur...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yirukanye mu ngabo z’u Rwanda Major General Martin Nzaramba na Col Etienne Uwimana n’abandi ba ofisiye bakuru muri izi ngabo. Ibi bi...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaraye ahuye n’abasirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda baganira ku miterere y’umutekano mu Rwanda n’amahoro mu baturage. Iby’ibi biga...
Taarifa yamenye ko umuhanda wa Kigali- Rulindo wari wafunzwe kubera ikamyo yahakoreye impanuka wongeye kuba nyabagendwa. Ubwo impanuka yabaga byatumwe uba ufunzwe by’agateganyo kugira ngo Polisi iba...
Mu Murenge wa Busoro mu Kagari ka Kimirama mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wakuyemo inda yari ifite amezi umunani ajugunya uwo mwana mu mwobo. Uwo mugore afite imyaka 34 y’amavuko, bikavugwa ko ...
Mu Karere ka Rusizi hari abantu bamaze imyaka barajujubije abaturage babatekera imitwe bakabatwara amafaranga. Abo bantu bitwa ‘Abameni’ cyangwa Men mu Cyongereza bakunze gutwara amafaranga y’abaturag...
Abasirikare bakuru 23 bo mu bihugu bigize Umutwe w’ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye bari guhugurirwa mu Rwanda kugira ngo bagishwe uburyo bushya bwo gukora akazi kazo. Bateraniye mu Rwanda...
I Mbuya niho hatangirijwe igikorwa cyo kubaka Minisiteri nshya y’ingabo za Uganda. Umugaba mukuru wazo General Muhoozi Kainerugaba niwe watangije ibyo bikorwa. Muri aka gace n’ubundi niho hari hasanzw...
Goma: Umuyobozi w’umujyi wa Goma witwa Faustin Kapend Kamand avuga ko ku wa Gatandatu ushize hari abantu 15 barimo n’Abanyarwanda bafatiwe mu Mujyi wa Goma bakurikiranyweho gushaka abantu bo kwinjiza ...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru abarwanyi ba Hezbollah barashe ibisasu bya Katyusha 320 muri Israel mu rwego rwo kwihorera ku gitero Israel iherutse kwiciramo uwari umuyobozi wa gisirikare wa Hezbollah...









