Batatu barimo uwari ushinzwe umutekano wa Perezida wa Benin Patrice Talon bafunzwe bakekwaho gutegura umugambi wo kumuhirika ku butegetsi. Umushinjacyaha mukuru muri iki gihugu avuga ko undi muri abo ...
Byatangajwe na Lt Gen Herzi Halevi. Uyu musirikare avuga ko ibitero byo mu kirere buri kugabwa muri Lebanon biri gutegura ibyo ku butaka. Kugeza ubu abantu 90,000 nibo bamaze kuvanwa mu byabo batinya ...
CG Felix Namuhoranye uyobora Polisi y’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we uyobora Polisi ya Seychelles witwa Commissioner of Police (CP)Ted Barbe. Barbe ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. ...
Mu Majyepfo ya Lebanon imiryango iri guhunga ku bwinshi yanga ko abayigize bahitanwa n’ibisasu by’indege za gisirikare za Israel. Ubuyobozi bw’izi ngabo bwari buherutse gusaba abatuye mu bice Hezbolla...
Ubuyobozi bw’Umuryango ushinzwe Kurwanya Ikwirakwizwa ritemewe ry’Intwaro nto muri Afurika (RECSA) uvuga ko kugeza ubu hari intwaro zirenga miliyoni 100 ziri mu batuye Afuruka kandi batemerewe kuzitun...
Ubuyobozi bwa Kenya butangaza ko mu gihe gito kiri imbere hari abapolisi 600 bazoherezwa muri Haïti gufasha igisirikare cy’aho guhangana n’amabandi asa n’ayigaruriye igihugu cyose. Ayo mabandi ayobora...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga ashima ubwitange abasirikare bashya binjiye muri RDF bagaragaje mu gihe bamaze batozwa, abasaba kuzashyira mu bikorwa ibyo bize. Yabivugiye ...
Kuri uyu wa Kane indege z’intambara za Israel zatangiye kurasa muri Lebanon. Ni ibitero 100 byakozwe nyuma gato y’uko guhera kuri uyu wa Kabiri hari ibikoresho by’ikoranabuhanga abarwanyi ba Hezbollah...
Ahitwa Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habereye impanuka ya bisi yari itwaye abana igwa mu mugezi wa Cyongoroka. Abana babiri bitabye Imana abandi benshi barakomereka. RBA y...
Urwego rwa Israel rushinzwe ubutasi bwo hanze rwitwa Mossad rurashinjwa gutega ibiturika mu bikoresho by’itumanaho bya Hezbollah bikica abantu benshi abandi bagakomereka cyane. Ibyo byuma umuntu yakw...









