Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yateranije inama y’abayobora inzego za gisirikare z’igihugu cye ngo bigire hamwe icyo bakora ngo bahane Iran kubera ibitero bya missile...
Nk’uko umwe mu bayobozi bakomeye muri Amerika yari yabibwiye BBC ko bafite amakuru y’uko Iran iri gutegura igitero kuri Israel, mu masaha y’ijoro koko Teheran yaharashe missi...
Umuyobozi wa Divisiyo ya 98 witwa Brig. Gen. Guy Levi niwe waraye uhaye amabwiriza ingabo ze ubwo zambukaga zigana mu Majyepfo ya Lebanon kurwana na Hezbollah. Yari ari kumwe n’uyobora umutwe ud...
Mu Mudugudu wa Bwirabo, Akagari ka Kabagesera mu Murenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi haravugwa abantu bavugwaho ubujura barashwe. Abo ni Frank na Henock. Umwe mu baturage yabwiye Radio/TV1 ko yi...
Hamas ikomeje kuzahazwa n’ibitero bya Israel kuko mu ijoro ryacyeye hari umuyobozi wayo muri Lebanon nawe waraye wishwe. Yishwe akurikira umuyobozi wa Hezbollah nawe wishwe mu mpera z’Icyumweru gishiz...
Ku mupaka wa Israel na Lebanon hari ibifaro bibarirwa mu magana byiteguye kwinjira muri Lebanon. Amafoto menshi arerekana abasirikare ba Israel bari hafi y’ibifaro byabo basa n’abiteguye amabwiriza yo...
Umuntu wese ushyira mu gaciro ntiyabura kwemeza ko kuba Israel yarishe umuyobozi wa Hezbollah byashegeshe uyu mutwe. Hassan Nasrallah yari amaze imyaka irenga ayobora uyu mutwe washinzwe na Iran ngo u...
Inkuru ikomeye iri mu itangazamakuru mpuzamahanga ni uko Israel yishe Hassan Nasrallah uyobora Hezbollah, imutsinda mu gitero yagabye i Beirut mu murwa mukuru wa Lebanon. Yari amaze imyaka 32 ayobora ...
Edmond Bahati wari umuhuzabikorwa wa Radio Maria y’i Goma yishwe arashwe n’abantu batazwi. Kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu nibwo yishwe. Abitwaje intwaro barasiye uriya munyamakuru ku muhanda ...
Umwe mu ba dipolomate yatangaje ko mu mpera z’Icyumweru gishize hari ubwato bwa Misiri bwagejeje intwaro muri Somalia mu rwego kubakira iki gihugu ubushobozi mu bya gisirikare. Ni igikorwa kiri mu mug...







