Ingabo za Israel zemeza zidashidikanya ko zishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas. Mu masaha ya kare byari byanuganuzwe ariko Israel ibanza gusuzuma imirambo y’abarwanyi ba Hamas bari baguye mu gite...
Guverinoma ya Uganda yavuguruye imikoranire n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu guhashya Allied Democratic Forces( ADF). Bivuze ko Kampala na Kinshasa babona ko ADF ari ikibazo kibugarije...
Drone ya Hezbollah yaraye irashe igisasu ku ngabo za Israel aho zari ziri mu birindiro byazo biri ahitwa Binyamina hapfa abasirikare bane, abandi barenga 60 barakomereka, bamwe mu buryo bukomeye. Ubu ...
Ingabo za Israel zatangaje ko mu masaha 24 ashize zagabye ibitero 200 by’indege mu bice bya Lebanon byiganjemo abarwanyi ba Hezbollah. Hagati aho kandi hari diviziyo enye z’ingabo z’iki gihugu ziri ku...
Ihene z’umuturage witwa Jean Urayeneza zishwe n’imbwa z’inyagasozi zirirwa zibunga mu Midugudu irimo uwa Mutiti mu Kagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke. Izo mbwa zasanze izo he...
Leta ya Florida muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yamaze kugerwamo n’inkubi ikomeye yiswe Milton. Ni inkubi ifite umuvuduko wa kilometero zirenga 120 ku isaha, uyu ukaba ari umuvuduko ukomeye cyane mu ...
Umugabo w’imyaka 65 arakekwaho kwitwikira inzu agamije kubishyira ku mugore we. Asanzwe atuye mu Mudugudu wa Kamonyi, Akagari ka Kamurehe, Umurenge wa Gashonga muri Rusizi. Ubugenzacyaha bukorera muri...
Ubuyobozi bw’ingabo za Israel butangaza ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukwakira zaguriye ibitero byazo mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Lebanon. Byari bimaze iminsi bigabwa mu Maj...
Itsinda ry’abatabazi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abasirikare ba SADC biganjemo abo muri Afurika y’Epfo ryasanze ubwato buherutse kucurangurira abagenzi mu kiyaga cya Kivu bwararohamye ...
Donald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma. Abivuze nyuma y’igihe...









