Imvura yaraye iguye henshi mu Mujyi wa Kigali yateje ibiza birimo n’umukingo wagwiriye abana babiri bibaviramo urupfu. Ni ibyemezwa n’Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabwi...
Umunyamabanga wa Leta ya Israel ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye ubutegetsi bwa Israel kwirinda kujya mu ntambara yeruye na Iran. Uyu muburo uje nyuma y’uko mu mpera z’Icyumweru gis...
Umwe mu bagenzacyaha ukorera mu Mujyi wa Kigali aherutse guhabwa ruswa n’umwe mubo Urwego rw’Ubugenzacyaha rwari rwafashe arayanga. Ni ruswa ya Miliyoni Frw 4 zirenga. Uwo mugabo yari umwe mu bantu 1...
Umunyamakuru Orla Guerin usanzwe ukorera BBC yeretswe ahantu mu kuzimu aho ingabo za Israel zivuga Hezbollah yabitse zahabu n’amadolari byinshi. Byanditswe ko iyo mari ibitswe mu kuzimu kuri mun...
Inzu z’abacururiza mu Mudugudu wa Mizingo, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu zafashwe n’inkongi. Ni inkongi yadutse hagati ya saa kumi n’ibyiri gice na saa moya. Umunyamabanga ...
Itangazamakuru mpuzamahanga riravuga ko mu Majyaruguru wa Gaza hagabwe igitero cy’indege za Israel zihitana abantu 89. Cyagabwe mu gace kitwa Beit Lahia. Israel yo ivuga ko ibivugwa n’ubuyobozi bwa Ha...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangije iperereza ngo hamenyekane igihugu mu byo zikorana nabyo cyaba cyatinyutse kumena amabanga y’ibyo Israel yateganyaga gukora igihe izaba yateye Iran. Ayo makuru yas...
Hezbollah yaraye irasiye muri Lebanon igisasu cya missile ku nyubako ya Minisitiri w’Intebe iri ahitwa Caesarea. Icyakora ngo izo missile zamuhushije kuko zasanze atayirimo. Kuba byabaye ubwabyo ni ik...
Mu Murwa mukuru wa Cuba ari wo Havana ndetse n’ahandi muri iki gihugu baraye mu icuraburindi nyuma y’uko uruganda rutungana amashanyarazi runini kurusha izindi rugize ikibazo. Itangazamakuru ryo muri ...
Mu masaha make ashize Polisi y’u Rwanda yasubije Umuyapanikazi ibyuma by’ikoranabuhanga yari aherutse kwibwa. Polisi y’u Rwanda yafashe abantu batatu ikekaho uruhare muri ubwo bujura. Umuyapanikazi wa...









